skol

Ubukungu

Rwanda:Igihugu cya mbere cya Africa cyahawe inkunga ya miliyoni $319 y’urwego rushya rwa FMI

Inama y’ubutegetsi y’ikigega mpuzamahanga cy’imari ku isi (FMI/IMF) kuwa mbere yemeje inkunga ya (…)

Ikirere kibi cyakerereje indege zikoresha Ikibuga cy’indege cya Kigali

Ubuyobozi bwa Sosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, bwatangaje ko kubera ikirere (…)

Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye

Polisi y’u Rwanda,Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, inzego z’ubutegetsi bw’ibanze, hamwe (…)

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse bikabije [URUTONDE]

Ibiciro by’ibiribwa imbere mu bihugu byinshi ku isi harimo n’u Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku (…)

RRA yatangaje ibihano igiye kujya ifatira abaguzi badasaba EBM abacuruzi

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyiyemeje gutangira gufatira ibihano abaguzi (…)

Menya byinshi ku ndege itwara imizigo Rwandair yaguze

RwandAir yaguze indege yayo ya mbere itwara imizigo nyuma y’igihe kinini hari gahunda yo kuba (…)

MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira (…)

Rwandair yakoze urugendo rwa mbere iva Kigali yerekeza London

Mu ijoro ryo ku cyumweru indege ya Rwandair yakoze urugendo rwa mbere rutaziguye(direct) hagati (…)

MINICOM yahagaritse by’agateganyo ibiryabarezi bishyirwamo ibiceri

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda [MINICOM] yahagaritse impushya zatanzwe ku mikino y’amahirwe (…)

U Rwanda ruri ku mwanya wa 9 ku isi mu bihugu bifite ibiribwa bihenze

Urutonde rwakozwe na Banki y’Iyi rwashyize u Rwanda ku mwanya wa cyenda mu bihugu 10 bifite (…)

Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro byiyongereyeho 17,6% (…)

Kera kabaye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse mu Rwanda

Urwego ngenzuramikorere,RURA rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizatangira (…)

N’iki Abanyarwanda bazungukira ku isoko rusange ry’Afurika Minicom yatangiye kubakangurira?

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Dr Jean-Chrysostome Ngabitsinze, yatangije ubukangurambaga (…)

"Guhagarika izamuka ry’ibiciro ntibishoboka...."-BNR

Banki Nkuru y’u Rwanda yavuze ko izamuka ry’ibiciro rikabije mu Rwanda ridashingiye gusa ku (…)

Icyizere ku buturo bushya bw’inkura zera (white rhinos) zajyanywe mu Rwanda

Raporo nshya yerekana ko kubera ubushimusi umubare w’inkura zera (white rhinos) wagabanutseho (…)