skol

Ubukungu

Hatangajwe akayabo kagiye gushyirwa mu Ikigega Nzahurabukungu mu cyiciro cya 2

Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard yatangije ku mugaragaro icyiciro (…)

Leta y’u Rwanda yijeje gushakira igisubizo izamuka rihanitse ry’ibiciro

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverioma yiteguye gufata igamba zose (…)

Ukwezi kwagaragaye mu buryo budasanzwe, byitwa ubwirakabiri

Byatangiye kuboneka saa 05:29 ku isaha y’i Butansinda bwa Kigoma ya Ruhango mu Rwanda, icyo gihe (…)

BNR yaburiye Abanyarwanda ko ibiciro bizakomeza kuzamuka

Banki nkuru y’igihugu iratangaza ko itumbagira ry’ibiciro rikomeje kugaragara mu Rwanda (…)

MININFRA yatangaje ko imihanda yose irikubakwa izuzura mbere ya CHOGM

Imihanda irimo uwa Sonatubes-Gahanga, irimo kubakwa mu buryo bwa huti huti, ariko iyo unyura ku (…)

Abikorera bapfusha ubusa amasezerano u Rwanda rugirana n’ibindi bihugu (MINAFFET)

Mu kiganiro n’abayobozi b’urugaga rw’abikorera 400 bari mu mwiherero mu karere ka Bugesera, (…)

Abakoresha umupaka w’u Rwanda na RDC bazoroherezwa kwambuka nk’uko byahoze

Ku mupaka munini uhuza imijyi ya Gisenyi na Goma, Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Kambogo (…)

Ibiribwa n’ibinyobwa bitumizwa hanze bigiye kuzamurirwa igiciro bigurwaho.

Ibiribwa bitumizwa hanze biza mu bihugu bya Afurika y’iburasirazuba (EAC) bizajya byishyura (…)

Imigi izunganira Kigali mu gutuza abantu neza yamenyekanye

Muri Kigali, hari kubera ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru byo gutangiza ku mugaragaro Icyiciro (…)

Umuhanda Muhanga- Ngororero-Mukamira wafunzwe n’inkangu

Abakoresha umuhanda Muhanga- Ngororero-Mukamira wafunzwe n’inkangu mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane

I Kigali hateraniye inama y’ibigo birwanya ruswa muri Afurika(Amafoto)

Abayobozi bahagarariye ibigo birwanya ruswa mu bihugu bigize umuryango wa Commonwealth muri (…)

Umunsi w’Irayidi(Eidil-Fit’ri) wamenyekanye

Mu itangazo RMC yashyize hanze kuri uyu wa Gatandatu, ubuyobozi bw’Umuryango bwatangaje ko (…)

RDB na gahunda yayo ya Visit Rwanda yagejeje ibyamamare bya PSG i Kigali

Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Draxler ba PSG nibo bageze i Kigali baje gusura ibyiza (…)

Itariki 1 Gicurasi isanze he umukozi mu Rwanda ugifite inzozi z’umushahara fatizo?

Ingingo ya 68 y’Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda ryo mu 2018, ivuga ko Iteka rya Minisitiri (…)

Ingaruka zo gutumbagira kw’ibiciro ku isoko, ku barimu zirasya zitanzitse

Mu Rwanda hakomeje kuvugwa ibiciro byarazamutse ku buryo ubu abafite amikoro make by’umuwihariko (…)