skol

Ubukungu

Karongi: Umusore washakaga guha ruswa umupolisi yatawe muri yombi

Kuri uyu wa 20 Mutarama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Karongi yataye muri yombi (…)

Abacungagereza bishimiye kwemererwa na Leta guhahira mu iguriro rya gisirikare

Abacungagereza bafite icyizere ko bo n’ imiryango yabo hari ikigiye guhinduka mu mibereho yabo (…)

BNR na Polisi mu rugamba rwo guhangana n’ibyaha bikoresha ikoranabuhanga

Polisi ifatanyije na Banki nkuru y’u Rwanda ndetse na Minisiteri y’ikoranabuhanga n’itumanaho (…)

2017 ishoramari mu Rwanda ryiyongereho miliyoni 515 z’ amadorali y’ Amerika

Umwaka ushize ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 1.675 mu madorari y’ Amerika Ikigo (…)

Gicumbi: Polisi ifunze babiri n’imodoka zabo zipakiye amabalo 18 ya caguwa

Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi yafashe imodoka ebyiri n’abashoferi bazo bakurikiranyweho (…)

Muri Mata, imodoka ya mbere yakorewe mu Rwanda izashyirwa ku isoko

Uruganda rw’Abadage rukora imodoka Volkswagen rwatangaje byinshi bijyanye n’ikorwa ry’imodoka mu (…)

Polisi yerekanye abantu 49 bashinjwa amanyanga mu bucuruzi bw’ibirayi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Mutarama, inzego zitandukanye zirimo na Polisi y’u Rwanda (…)

Izamurwa ry’ubwishingizi bw’ibinyabiziga bishobora kongera amafaranga y’ingendo

Bamwe mu bafite imodoka zitwara abagenzi ku buryo bwa rusange baravuga ko izamuka ry’ibiciro (…)

Mu mezi abiri ashize Abanyarwanda bari batunze telephone zirenga miliyoni 8

Imibare itangwa n’ ikigo ngenzura mikorere RURA igaragara ko umubare w’ Abanyarwanda bakoresha (…)

Abantu icyenda bafunzwe bacyekwaho guha ruswa y’Amafaranga Abapolisi

Abantu icyenda bafunzwe bacyekwaho guha ruswa y’Amafaranga Abapolisi kugira ngo babakorere (…)

Burera: Hotel yatwaye Miliyoni 500 Frw imaze umwaka n’igice yarabuze isoko

Umwaka n’imisago Hotel y’Akarere ka Burera imaze idakorerwamo nyamara yarubatswe ubuyobozi (…)

Kigali: Babiri bafungiwe uburiganya mu gushaka ibyangombwa by’ubuziranenge bw’imodoka

Kuri uyu wa 8 Mutarama 2018 Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe kugenzura ubuziranenge (…)

Igiciro cya mazutu na essence cyasamutseho amafaranga 11

Kuri uyu 9 Mutarama 2018 Ikigo cy’ igihugu cy’ imirimo ifitiye Akamaro (RURA) yatangaje ko (…)

Isesengura:“ Tap&Go” inyungu ku bashoramari, igihombo ku bakozi ?

Imyaka ikabakaba ibiri irashize mu Rwanda hinjijwe ikoranabuhanga mu kwishyura ingendo mu modoka (…)

Abantu 1050 batanze amande ya miliyoni 353 kubera gukoresha EBM nabi

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kiratangaza ko abantu 1050 aribo baciwe amande (…)