skol

Ubukungu

Burera: Abimuye aho bivugwa ko harimo kubakwa Havard university bategereje ingurane yaraheba

Abatuye mu mudugudu wa Murindi akagari ka Mubuga mu murenge wa Butaro ni ho harimo kubakwa (…)

Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga (…)

U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga

Guverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu (…)

Bane bakurikiranyweho kwinjiza caguwa mu buryo bwa magendu

Nyuma y’aho hafatiwe icyemezo cyo guca imyenda n’inkweto byambawe bizwi nka Caguwa hagamijwe (…)

Burera: Hafatiwe ibiro 1 700 by’amabuye y’agaciro yinjizwaga mu buryo bwa magendu

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (…)

Huye: Ikiraro abaturage bahora basabira ubufasha, cyongeye gutwara undi muntu

Nyuma y’iminsi mike tubagejejeho inkuru y’abaturage batuye imirenge ya Maraba na Kigoma ho mu (…)

Muhanga: Mu byumweru bitatu hamaze gupfa inka 20 mu zahawe abaturage

Inka 20 mu nka 104 zahawe bamwe mu baturage b’ umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga (…)

Djibouti igiye kohereza mu Rwanda indege zitwara abagenzi

Mu kwezi gutaha sosiyete itwara abagenzi y’ igihugu cya Djibuti, Air Djibouti izatangiza (…)

Gisagara: Ikigo gishinzwe amashanyarazi cyatemye urutoki rw’ abaturage nticyabishyura

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Saga umurenge wa Muganza ho mu karere ka Gisagara,barasaba (…)

Perezida Kagame yavuze ko Afurika ikeneye interineti yihuta ngo itere imbere

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ Umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe AU (…)

HUYE:Abakozi ba RAB ngo bagiye guhagarika akazi kubera kudahembwa

Abakozi bakora imirimo itandukanye mu rwuri rw’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi RAB (…)

Huye: Abaturage barasaba RAB indishyi y’imyaka yangizwa n’inka z’iki kigo

Abahinzi mu batuye mu kagali ka Kabona umurenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye,barasaba ikigo (…)

NTIBISANZWE: Rutsiro: Abaturage borora ihene bazipfutse iminwa

Aborozi b’ ihene mu murenge wa Musasa mu karere Rutsiro mu ntara y’ Iburengerazuba borora aya (…)

Gicumbi: Umuryango w’ abantu 6 umaze imyaka 10 uba mu kizu kirangaye

Umuryango w’abantu batandatu(umugabo n’umugore n’abana 4) uba mu nzu y’ikirangarira uratabaza (…)

Kigali: Umufuka w’ amakara wageze kuri 12 000 rwf, abagore bati ‘biraduteza amakimbirane mu ngo’

Abacuruzi b’ amakara n’ abaguzi bayo bahangayikishijwe n’ uko amakara akomeje kubura no guhenda (…)