skol

Ubukungu

Ikipe ya PSG nayo yasinyanye amasezerano n’u Rwanda yo kwamamaza VISIT RWANDA

Leta y’u Rwanda iratangaza ko yamaze gusinyana amasezerano y’imyaka 3 y’ubufatanye n’ikipe ya (…)

“Abanyakenya n’abasomali bari barihariye akazi ko gutwara ibikamyo, byarahindutse”: Uwishema Olivier

Umwe mu bayobozi bakuru ba KESI INVESTMENT RWANDA Ltd, Sosiyete y’ubucuruzi ikora n’ibikorwa (…)

ZACU TV yatoranyijwe mu mishinga ibiri myiza muri Transform Africa 2019

Kuri uyu wa kane taliki ya 16/05/2019 ZACUTV.COM urubuga rwashinzwe rufite intego zo kwerekana (…)

“Tubwira urubyiruko ko ari abayobozi b’ejo, none se nk’ubu ba meya ni bangahe?: Meya wa Nyaruguru

Habitegeko Francois, Meya w’Akarere ka Nyaruguru avuga ko hari igihe abayobozi baganiriza (…)

“Guha umushinga BDF ntibivuze guhita ubona amafaranga”: Meya Ange Sebutege

Mu gihe hari urubyiruko ruvuga ko rwagiye rushyikiriza imishinga yarwo BDF ariko ntirumenye (…)

Tumba, Rango, Mukoni: Amazu y’ ubucuruzi yari yarafunze yongeye gufungura ubu barinjira ayikubye kabiri

Abatuye n’ abacururiza mu karere ka Huye by’ umwihariko Tumba, Rango, na Mukoni barishimira (…)

Ikibazo cy’imirire mibi cyaragabanutse mu nkambi z’impunzi

Impunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo (…)

Imihanda yo mu Rwanda ngo mwiza ku kigero cya 97% [AMAFOTO]

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ikigero cy’ ubwiza bw’ (…)

Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu (…)

Drone zatangiye gukoreshwa mu buhinzi mu Rwanda

Leta y’ u Rwanda yatangiye gukusanya amakuru y’ ubutaka buhinzweho ikoresheje utudege tutagira (…)

’Ibibazo by’ ibirayi ntibikeneye abaterankunga ’ Minisitiri Shyaka

Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Prof Shyaka Anastase yizeje abatuye Nyabihu, Musanze na (…)

Ngoma: Inzu yubakiwe abatishoboye iri gusenyuka itaramara amezi abiri itashwe

Inzu yo mu bwoko bwa ‘Four in One’ yatujwemo imiryango ine (4) y’abarokotse Jenoside batishoboye (…)

Ibi nibyo bintu bitanu ikoranabuhanga ritwibagiza

Ikinyejana ya 21 ni ikijana aho ikoranabuhanga rihatse byose. Iri terambere ry’ ikoranabuhanga (…)

Ikigo gishinzwe guteza imbere amakoperative kigiye kwamburwa inshingano yo kugenzura za SACCO

John Rwangombwa, Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, yatangaje ko hari kuganirwa uko Ikigo (…)

U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere

Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki (…)