skol

Ubukungu

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igihe ingendo z’indege zitwara abagenzi zizafungurirwa

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko guhera tariki 1 Kanama 2020 ibibuga byose byo mu Rwanda (…)

Nyagatare: Perezida Kagame yatashye umudugudu w’icyitegererezo watwaye akayabo ka miliyari 88 FRW

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Nyakanga 2020,Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame (…)

COVID-19:U Rwanda rwashyizwe mu bihugu 14 byizewe abaturage babyo bemerewe kwinjira i Burayi

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watangaje ibihugu 14 uvuga ko abaturage babyo "badateje (…)

Ibyiciro by’ubudehe mu Rwanda byahinduriwe umubare, inyito n’imikoreshereze

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase yavuze ko guhera mu ntangiro z’umwaka (…)

Ingengo y’Imari y’u Rwanda 2020-2021 yiyongereyeho miliyari 228.6 FRW

Minisitiri Dr Ndagijimana Uzziel yavuze ko Ingengo y’imari ya 2020-2021 ingana na miliyari (…)

IMF yageneye u Rwanda indi nguzanyo ya miliyari zisaga 106 FRW yo kurufasha kuzamura ubukungu bwazahajwe na COVID-19

Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga k’Imari (FMI/IMF) yemereye u Rwanda indi nguzanyo ya (…)

U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyari 55.5 FRW na EU yo kurufasha guhangana n’ingaruka za COVID-19

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yasinyanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u (…)

Inganda zikora udupfukamunwa zirataka igihombo gikabije nyuma y’aho udusaga miliyoni 3 tubuze isoko

Abafite inganda zikora udupfukamunwa bahawe ibyangombwa baremeza ko bamaze igihe kirenga (…)

Abamotari batahanye amaganya ku munsi wa mbere wo gukomorerwa kwabo

Benshi mu bamotari batangiye akazi ku munsi w’ejo nyuma yo gukomorerwa batangaje ko batabonye (…)

RURA yatangaje isaha ntarengwa imodoka na moto zitwara abagenzi zigomba gusubikira akazi inagira inama abamotari

Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwatangaje ko imodoka zitwara abagenzi mu ntara zigomba kurangiza (…)

Ibiciro by’ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa Kigali byiyongereye cyane kubera Covid-19

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03 Kamena 2020,Abagenzi bazindutse iya rubika berekeza mu Ntara (…)

Ingendo zihuza intara n’umujyi wa Kigali no gutwara abantu kuri moto byemerewe gusubukurwa uretse mu turere tubiri gusa

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 2/06/2020, yemeje isubukurwa ry’ingendo zambukiranya intara (…)