skol

Ubukungu

U Rwanda na RDC baganiriye ku buryo bwo kunoza ubucuruzi bwambukiranya imipaka muri ibi bihe bya COVID-19

Bamwe mu bagize guverinoma y’u Rwanda berekeje I Rubavu mu ntara y’i Burengerazuba,mu biganiro (…)

Abamotari bahimbye izina ritangaje tariki ya 01 Kamena 2020 bazemererwaho gukomeza akazi

Abamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaje inyota ikomeye bafitiye kongera kugaruka mu kazi (…)

Abashyirwa mu kato bavuye hanze y’u Rwanda babwiwe amafaranga bazajya biyishyurira

Mu nama y’Abaminisitiri yo ku wa 18 Gicurasi 2020 hemejwe ko Abanyarwanda n’abandi bantu (…)

Umuhungu wa perezida Kagame yashyizwe mu nama y’ubutegetsi ya RDB n’Inama y’abaminisitiri

Inama y’abaminisitiri mu Rwanda yaraye yemeje kugumishaho nyinshi mu ngamba zafashwe mu kwirinda (…)

U Rwanda na Tanzania bafashe umwanzuro wo guhagarika ibyo guhinduranya abashoferi ku mupaka wa Rusumo

Kuri uyu wa Gtanu tariki ya 15 Gicurasi 2020,intumwa za Repubulika y’u Rwanda n’iza Repubulika (…)

Miriyari 8.6 Frw za Leta zaranyerejwe zinasohoka mu buriganya

Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya leta, Biraro R. Obadiah, kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Gicurasi (…)

Abanyarwanda babuze imitungo yabo nibakomere nta nzara izabica- Minisitiri Shyaka

Imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane (…)

Leta y’u Rwanda yakemuye ikibazo cy’abashoferi bo muri Tanzania bahohoteye Abanyarwanda

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukorana n’inzego z’ubucuruzi za Tanzania kugira ngo (…)

Abacuruza imboga n’imbuto barataka igihombo bari guterwa no gucuruza rimwe na rimwe

Abacuruza imboga n’imbuto mu masoko atandukanye barataka igihombo gikomeye bari guterwa no (…)

Abatuye mu duce two mu ntara duturanye n’umujyi wa Kigali bakomorewe kuwugenderera

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ko abantu batuye muri tumwe mu duce two mu (…)

Ibiciro by’ingendo mu mujyi wa Kigali no mu ntara byiyongereye nyuma ya #Gumamurugo

Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA] rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu mujyi wa (…)

RIB yasabye abishoye mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane bwitwa 100K for 800K kubuhagarika vuba

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha bwasabye abanyarwanda bishoye mu bucuruzi bw’amafaranga (…)

Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye "ibiganiro byiza" na Donald Trump wa USA

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Mata 2020,Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro (…)

Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zikomeye zo gufasha abacuruzi bagizweho ingaruka na Coronavirus

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM),yashyizeho ingamba z’igihe gito n’igihe kirekire zo (…)

Inama ya 26 ya Commonweath yagombaga kubera mu Rwanda yamaze gusubikwa kubera Coronavirus

Inama ya Commonweath y’abakuru b’ibihugu yari igiye kuba ku nshuro ya 26 ikabera mu Rwanda (…)