skol

Ubukungu

U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere

Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki (…)

Abayobozi bambuye Sacco miliyoni 142

Imibare ya Banki nkuru y’igihugu igaragaza ko bamwe mu bayobozi mu nzego z’ibanze mu Ntara (…)

MINAGRI yatangaje ikishe ya mafi yo muri Mukungwa

Minisiteri y’ Ubuhinzi n’ Ubworozi mu Rwanda yatangaje ko amafi yo muri Mukungwa yishwe n’ (…)

Ni ryari leta ikenera gushyira impapuro mpeshamwenda ku isoko

Ni inshuro nyinshi abantu tujya twumva mu matangazo ko leta yasize impapuro mpeshmwenda ku (…)

Hoteli ‘Kalisimbi’ igiye kugurishwa

Hoteli Karisimbi iherere mu Kiyovu, igiye kugurishwa kubera imyenda ingana hafi na miliyari (…)

Imodoka zikoresha gaz Methane zishobora kwinjira mu Rwanda mu minsi iri imbere

U Rwanda ruri kuganira na Kampani yo mu Burusiya ikora ikanacuruza bisi zikoresha Gaz Methane (…)

U Rwanda nicyo gihugu kiri mu nzira y’ amajyambere kiza muri 30 bya mbere byoroshya abashoramari

Raporo ya banki y’ isi yerekana uko ibihugu birushyanya korohereza abashoramari yashyize u (…)

Perezida Kagame yahishuye ko Volkswagen yatumye u Rwanda rubona abandi bashoboramari

Perezida Kagame yakomoje ku ruganda rwa Volkswagen rwo mu Budage rusigaye ruteranyiriza imodoka (…)

Gicumbi: Hari umuryango w’ abantu 3 uba mu ishyamba

Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango w’abantu batatu wibera mu ishyamba ku (…)

Leta y’ u Rwanda ibitse miliyari zirenga 2 zavuye mu mitungo yasizwe na beneyo

Minisiteri y’ ubutabera mu Rwanda yatangaje ko magingo aya kuri konti ya komite ishinzwe gucunga (…)

Kicukiro: Abatoza ntibishyuwe, akarere kati ‘ishimwe ntiryishyuzwa’

Abatoza batoje urubyiruko rw’ abanyeshuri bo mu karere Kicukiro mu mwaka ushize wa 2017 (…)

Leta y’ u Rwanda ngo yahagaritse gutumiza lisansi muri Kenya

Igihugu cy’ u Rwanda ngo cyahagaritse lisansi cyatumizaga muri Kenya biturutse kukuba itacyujuje (…)

Abadepite bafite impungenge ku myenda ya miliyari zirenga 300 u Rwanda ruherutse kuguza

Abadepite bagaragarije Minisiteri w’ Imari n’ igenamigambi impungenge ku myenda u Rwanda rwatse (…)

Minisitiri Gatete asanga gufunga amazu y’ ubucuruzi aribyo byasigaje inyuma Umujyi wa Huye

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente n’ abandi ba Minisitiri barimo na (…)

Muhanga: Ubuyobozi bwongeye gutanga ibibanza bwari bwarambuye abacuruzi

Mu cyumweru gishize ni bwo ubuyobozi bw’ akarere ka Muhanga bwari buhagarariwe na Murekezi (…)