skol

Ubukungu

Polisi y’u Rwanda yakubye kabiri ibiciro byo gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro byo gusuzumisha ubuziranenge bw’ibinyabiziga byahindutse (…)

MINALOC yasabye ubusobanuro ba meya 16 ku mafaranga baciye abahinga ibishanga

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yandikiye ibaruwa aba Meya 16 abasaba (…)

Rutsiro: Hatanzwe telefoni za Smartphones 1000 ku miryango itari iyifite [Amafoto]

Kuri uyu wa Kane taliki ya 13 Gashyantare 2020, nibwo Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo (…)

Nyagatare: Abaturage bitiranyije inzige n’ibisimba babonye mu mirima yabo

Mu gihe ikibazo cy’inzige kiri kuvugwa hirya no hino mu bihugu byo mu ihembe rya Afurika no mu (…)

WASAC yafashe Hilltop Hotel yiba amazi iyihana yihanukiriye

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko Hoteli yitwa Hilltop (…)

Qatar Airways igiye kugura imigabane ingana na 49% muri Rwandair

Umuyobozi wa Qatar Airways witwa Akbar Al Baker yamaze gutangaza ko iyi kompanyi ye iri mu (…)

U Rwanda rurashaka gukuraho amafaranga ya VISA ku baturage bava muri Commonwealth, OIF na AU

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruri kwiga uko rwakuraho amafaranga ya (…)

RURA yatangaje ibiciro bishya by’amashanyarazi byazamuwe

Ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda,RURA, cyatangaje ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi (…)

Bugesera: Abaturage bahawe inka 47 gusa muri 200 borojwe na Minisitiri w’intebe w’Ubuhindi

Muri Nyakanga 2018 nibwo Minisitiri w”intebe w’u Buhinde,Narendra Modi,yasuye u Rwanda,asiga (…)

Perezida Kagame yashimiye umuryango we wamwiyunzeho ukiyemeza gutanga Telefoni nyinshi muri gahunda ya #ConnectRwanda

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yishimiye ko abagize umuryango we bose bishimiye (…)

Perezida Kagame yatanze telefoni zigezweho 1500 mu rwego rwo guharanira ko buri rugo mu Rwanda rutunga nibura imwe

Nyakubahwa perezida Paul Kagame, yemeye gutanga telefoni zigezweho 1500 zikorerwa mu Rwanda za (…)

Uko imyanzuro y’Inama y’igihugu y’Umushyikirano wa 16 yashyizwe mu bikorwa

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, (…)

INKURU ICUKUMBUYE: Caguwa irakinjira mu gihugu,mu bayinjiza harimo n’abayobozi

Iyi nkuru yakozwe n’Ikinyamakuru BWIZA.COM, mu bufatanye bw’imikoranire Umuryango.rw urayitangaza.

Nyarugenge: Abafatanyabikorwa bakusanyije miliyoni zirenga 128 yo kubakira abatishoboye

Ku mugoroba wo kuwa gatatu taliki 11/12/2019 ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Karere ka (…)

Qatar yafashe 60% mu mushinga wo kubaka ikibuga cy’indege cyo mu Bugesera

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 09 Ukuboza 2019,Leta y’u Rwanda n’iya Qatar bamaze gushyira umukono (…)