skol

Ubukungu

Pasiporo y’u Rwanda yemerera uyifite kwerekeza mu bihugu 61 atabanje gusaba VISA

Raporo Ngarukamwaka ya Henley Passport Index, yagaragaje ko umubare w’ibihugu Abanyarwanda (…)

Abacururiza mu isoko rya Huye bamwe basabwe kuba bahagaritse akazi abandi basabwa gusimburana

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye bamwe mu bacururiza mu isoko rya Huye kuba bahagaritse (…)

Umusoro w’ubutaka winubiwe na benshi mu Banyarwanda wakuweho

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana,yabwiye RBA ko impinduka zari zabayeho (…)

Umujyi wa Kigali watangiye gutunganya agace ka "Car Free zone" kugira ngo kanogere abidagadura [AMAFOTO]

Agace gasanzwe kazwi nka ’Car Free Zone’ katangiye gutunganywa n’Umujyi wa Kigali mu rwego rwo (…)

RRA yahishuye ko ibiciro bivuguruye ku musoro w’ubutaka bigiye gusohoka vuba aha

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatangaje ko gahunda yo kuvugurura imisoro ku mutungo utimukanwa (…)

Rwandair yahagaritse ingedo muri Afurika y’Epfo, Zambia na Zimbabwe kubera Covid-19

Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda,Rwandair, yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere (…)

TI-RW yagaragaje ko ruswa yikubye kabiri mu nzego zibanze

Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International (…)

Hagiye gutangazwa impinduka ku musoro ku mutungo utimukanwa waremereye Abanyarwanda benshi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Ndagijimana Uzziel, yatangarije RBA ko bitarenze uku kwezi (…)

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli cyazamutse

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli kizatangira kubahirizwa ku wa Kane, (…)

Perezida Kagame yijeje Abanyarwanda gusuzuma ikibazo cy’umusoro w’Ubutaka wiyongereye cyane

Perezida Kagame Kagame yavuze ko ikibazo cy’izamuka y’umusoro w’ubutaka kigiye kwigwaho kugira (…)

RURA yasubije abanyarwanda bakekaga ko ibiciro by’ingendo birazamurwa kubera kugabanya abagenzi mu modoka rusange

Mu ijoro ryakeye nibwo Inama y’abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abantu mu buryo bwa (…)

RURA yahaye gasopo Airtel Rwanda yashinjwe gukora amatangazo yibasira MTN Rwanda

Nyuma y’amatangazo Airtel Rwanda yari imaze iminsi ikora akangurira abantu kuva ku giti (…)

Nyarugenge: Amaduka 60 yafunzwe kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19

Abacuruzi 60 bo mu karere ka Nyarugenge ahazwi nko muri Down Town bafungiwe amaduka kubera (…)

Ibura ry’akazi, abanebwe n’inkorabusa ni imwe mu mizigo ikomeye ku bukungu

Ibarura rusange ryakozwe muri 2012 ryagaragaje ko ugereranyije abantu 100 bishingira/batunga (…)

KTN Rwanda na StarTimes bahembewe kuba ku isonga mu gutanga serivisi nziza

Startimes na KTN RWANDA (Sosiyete Nyarwanda yo kugura no kugurisha) ni bimwe mu bigo byegukanye (…)