skol

Ubukungu

Leta y’u Rwanda yasohoye iteka rigena guhinga no gukoresha urumogi

Leta y’u Rwanda yasohoye Iteka rya Minisitiri No 003/MoH/2021 ryo ku wa 25/06/2021,rigena ibyo (…)

BNR yamaganye inoti y’ibihumbi 10 FRW yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga

Banki Nkuru y’u Rwanda yamaganye ishusho y’inoti y’ibihumbi icumi y’amafaranga y’u Rwanda (…)

Ubucuruzi bw’u Rwanda n’umuryango wa EAC bwagabanutseho 8%

Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, Minicom ivuga ko kubera icyorezo cya Covid19, ubucuruzi bw’u (…)

Ingengo y’imari y’umwaka wa 2021 -2022 yiyongereyeho Miliyari 342.2Frw

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Kamena 2021,Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Uzziel (…)

Umusaruro w’amahoteli na Resitora mu Rwanda wagabanutseho 34% kubera ingaruka za Covid-19

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR,cyatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2021, (…)

Rwandair yahagaritse ingendo zose yakoreraga muri Uganda

Kompanyi y’u Rwanda ikora ubucuruzi bw’ingendo zo mu kirere ya RwandAir yabaye ihagaritse (…)

Inzu za Betting zo mu mujyi wa Kigali nizo zigiye kubanza gufungura

Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda yatangaje ko inzu z’imikino y’amahirwe zikorera mu mujyi wa (…)

Kigali: Hagiye kuzanwa imodoka zigendera mu kirere zidatwawe n’abashoferi

Mu bihe biri imbere, Umujyi wa Kigali uzaba umujyi w’icyitegererezo muri Afurika ku (…)

Pasiporo z’u Rwanda zari zigiye gucyura igihe zongerewe amezi yo gukomeza gukora

Ubuyobozi Bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka bwongereye igihe pasiporo zose zatanzwe mbere ya tariki (…)

Leta y’u Rwanda yigomwe amahoro kugira ngo ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bidahinduka

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu (…)

Itangazo: Uwitwa Habimana Emmanuel yasabye guhindura amazina akitwa Habonimana Emmanuel

Uwitwa Habimana Emmanuel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa (…)

Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo (…)

Miliyari 5 na miliyoni 700 z’amafaranga ya Leta zaburiwe irengero umwaka ushize

Muri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah (…)

Rwandair yafashe icyemezo cyo guhagarika ingendo zigana mu Buhinde

Sosiyete y’u Rwanda y’ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo (…)

Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19

Kuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga (…)