skol

Uburezi

Abanyeshuri basubukuye amasomo y’igihembwe cya Gatatu basabwe kurangwa n’Ubumwe n’Ubupfura

Kuri uyu wa Mbere, abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye basubukuye amasomo (…)

Mu Rwanda abanyeshuri 61% ni bo biga mu mashuri ajyanye n’imyaka yabo

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ko mu ibirura yakoze mu mpera z’umwaka (…)

MINEDUC iri kuvuguta umuti w’ikibazo cy’abanyeshuri biyahura

Nyuma y’uko umunyeshuri wigaga muri RP Tumba College apfuye bikekwa ko yiyahuye, Minisitiri (…)

Mu Rwanda amasomo ya ‘masters’ mu by’Iyobokamana

Ishuri Rikuru mu by’Iyobokamana, Africa College of Theology (ACT) ryatangije amasomo y’icyiciro (…)

Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare yatangiye kubakwa i Bumbogo

Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwahishuye ko Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare yatangiye (…)

Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ibitaranoga

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari (…)

Kugaburira abana ku ishuri mu byatumye abarivamo bagabanyukaho 4,7%

Minisiteri y’Uburezi yatangaje gahunda yo kugaburira abana ku mashuri yatanze umusaruro ukomeye (…)

Ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kumenya aho ruhagaze mu ireme ry’uburezi ku Isi

U Rwanda ruhanze amaso isuzuma mpuzamahanga ry’ubumenyi n’ubushobozi by’abanyeshuri ryitwa PISA (…)

Ishimwe ry’abana b’impunzi ibihumbi 26 bahawe ikaze mu burezi bw’u Rwanda

Abana b’impunzi barenga ibihumbi 26 babarizwa mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe (…)

Minisitiri w’uburezi yasabye amashuri makuru na kaminuza gushyira imbaraga mu bushakashatsi

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph yavuze ko kugira ngo igihugu kigere ku cyerekezo cya (…)

Karongi: Abanyeshuri 36.000 bigira mu byumba bishaje

Abarezi n’abanyeshuri bo mu Karere ka Karongi bavuga ko mu bibangamiye imyigire n’imyigishirize (…)

MINEDUC na yasinye amasezerano y’ubufatanye na MTN Rwanda mu guteza imbere uburezi

Minisiteri y’Uburezi yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cy’Itumanaho cya MTN Rwanda mu (…)

MINEDUC igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwigisha abana bari barataye amashuri

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko igiye gutangiza uburyo abana bamaze igihe bataye (…)

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare

Ubushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu (…)

Abana barenga ibihumbi 71 basubijwe mu ishuri mu myaka ibiri

Abana barenga 71.000 mu turere twose tw’Igihugu bamaze gusubizwa mu ishuri binyuze mu mushinga (…)