skol

Uburezi

NESA yatangaje ko abanyeshuri bose bazakora ibizamini bya leta uyu mwaka bamaze kwiyandikisha

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko nta gihe (…)

Minisitiri Nsengimana yasabye kaminuza kugabanya icyuho kiri hagati y’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko

Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yagaragaje ko kaminuza zikwiye gushyira imbaraga mu (…)

Amashuri 1015 akora atujuje ibisabwa: NESA yateguje ihagarikwa ry’andi mashuri

Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza (…)

Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yavuze ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri uko (…)

Mbere yo gutangira ibiruhuko bito NESA itangaje ko yafunze ibigo by’amashuri 60

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’amashuri n’Ibizamini (NESA) cyatangaje ko cyafunze (…)

Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’

Umwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo (…)

Abarangije muri TTC bashobora gukurirwaho ibizamini by’akazi mbere yo kugatangira

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko mu minsi iri imbere abanyeshuri barangije (…)

Impinduka mu Burezi: Abatsinze amasomo yose ku kigero cya 50% bazaba banemerewe gukomeza Kaminuza

Mnisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe (…)

NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa

Urwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri (…)

Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8.000

Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8,068 barimo 946 bahawe impamyabumenyi y’icyiciro (…)

Ingamba zo gukumira Marburg zitangiye kugira ingaruka ku bigo by’amashuri

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya (…)

United Scholars Center yahuye n’abanyeshuri basaga 5000 bifuza ko yabafasha kujya kwiga hanze

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 Kanama 2024 muri Kigali Marriot Hotel, ikigo kitwa United (…)

MINEDUC igiye guha amashuri abanza mu gihugu abacungamutungo

Minisiteri y’uburezi yatangaje ko mu mashuri abanza hagiye gutangwa akazi ku bakozi bashya (…)

Igisubizo cya NESA ku bibazo by’abanyeshuri badahabwa imyanya mu mashuri basabye

Mu gihe NESA ivuga ko abifuza guhindurirwa, bakajya biga bataha mu mashuri ya Leta cyangwa (…)

MINEDUC yisobanuye ku banyeshuri yahaye kwiga amasomo batsinzwe

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko abanyeshuri bahitiwemo kwiga amasomo badashoboye (…)