skol

Uburezi

Abanyeshuri Bari gukora Ibizamini By’Ayisumbuye Biyongereyeho Abantu 19,926

Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hatangiye gukorwa ibizamini birangiza (…)

Minisitiri Nsengimana yashishikarije ababyeyi kwita ku bana mu biruhuko

Minisitiri w’Uburezi (MINEDUC), Nsengimana Joseph yashishikarije ababyeyi kwita ku bana bagiye (…)

Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza biratangira kuri uyu wa mbere

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), ibicishije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi (…)

Polisi yasabye abanyeshuri bitegura kujya mu biruhuko kwirinda ingeso mbi n’ibyaha

Polisi y’u Rwanda yashishikarije abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko bisoza umwaka w’amashuri, (…)

Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda

U Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’abana bitabira ishuri mu gihe bujuje imyaka (…)

Impinduka zitezwe mu burezi bw’u Rwanda

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ikomeje gukora impinduka zigamije guteza imbere uburezi bufite (…)

Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye (…)

Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), iratangaza ko mu rwego rwo gushyigikira ubumenyi bufite ireme, (…)

Isuzuma rya MINEDUC ryashimangiye ko abanyeshuri batsindwa Icyongereza

Ishusho rusange y’Uburezi mu mashuri yisumbuye yagaragajwe na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) (…)

Abana biga mu mashuri y’inshuke hakenewe ko bagera kuri 65%- MINEDUC

Amashuri y’inshuke ni yo atanga umusingi ukomeye mu burezi kuko atuma ubwenge bw’abana bukanguka (…)

Karidinari Kambanda yasabye ubufatanye mu kurera umwana ushoboye kandi ushobotse

Umuyobozi w’inama nkuru Gatolika mu Rwanda Arikiyepisikopi Antoine Karidinari Kambanda yasabye (…)

Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba

Mu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi (…)

Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe

Mu mibereho ya muntu ahura n’ibyiza bikamunezeza, ariko kandi anahura n’ibimubabaza rimwe na (…)

Polisi yibukije ibigo bitwara abagenzi gufasha byihariye abanyeshuri basubira ku ishuri

Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangira gusubira ku bigo (…)

Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko

Mu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka (…)