skol

Uburezi

Ababaye muri Minisiteri y’Uburezi batazibagirana mu Banyarwanda nyuma ya Jenoside

Hashize imyaka 29 Jenoside yakorewe Abatutsi irangiye ndetse hakozwe impinduka nyinshi mu nzego (…)

Hashyizwe hanze ingengabihe y’uko abanyeshuri bazerekeza ku mashuri

Mu gihe ku wa Mbere ari bwo amashuri azatangira igihembwe cya Gatatu, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe (…)

MINEDUC yasabwe byihutirwa gukemura ikibazo cy’imiyoborere mibi ikiboneka mu bigo by’amashuri

Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga (…)

NESA yakoze impinduka ku byerekeye ingendo z’abanyeshuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyasohoye itangazo (…)

Rutsiro: Baratakamba kuko bameze nk’abigira munsi y’igiti

Ishuri riherereye mu kagari ka Kabuga,Umurenge wa Mukura,muri Rutsiro, rifite inyubako ziteye (…)

Yagarutse mu ishuri ku myaka 52 nyuma yo kurikurwamo n’iringaniza

Madamu Mugirwanake Margaret yatunguye benshi ubwo yafataga umwanzuro wo kugaruka ku ishuri ku (…)

Kaminuza y’u Rwanda yazanye uburyo bushya bwo kuguriza abanyeshuri mudasobwa

Kaminuza y’u Rwanda yemeje ko igiye kongera guha abanyeshuri mudasobwa ku nguzanyo ariko (…)

Abarimu bagaragaje imbamutima zabo ku gutangira akazi saa mbili n’igice

Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2023,amashuri yo mu Rwanda yatangiye gushyira mu (…)

MINEDUC yavuze ku kibazo cy’abanyeshuri baraye batageze ku ishuri

Minisiteri y’Uburezi yavuze ko abanyeshuri benshi batabashije kurara ku mashuri mu mpera z’iki (…)

Minisiteri y’Uburezi yashyize hanze ingengabihe igaragaza amasaha mashya y’ishuri

Minisiteri y’Uburezi yashyize hanze itangazo rigaragaza amasaha mashya y’ishuri aho rizajya (…)

Amashuri yo mu ntara yigaranzuye ayo mu mujyi mu kugira abana ba mbere mu gihugu

Ku wa Kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri (…)

Mineduc yatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye

Ministeri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri (…)

NESA yashyize hanze ingengabihe y’uko abanyeshuri bazataha

Hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo n’igihe cy’ibiruhuko by’abanyeshuri, yatangajwe na Minisiteri (…)

NESA yatangaje igihe amanota y’abarangije amashuri yisumbuye azasohokera

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyamenyesheje abanyeshuri, (…)

Hagiye gukorwa andi mavugurura muri kaminuza y’u Rwanda

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko harimo gukorwa isesengura ku mavugurura (…)