skol

Uburezi

Hatahuwe abanyeshuri ba baringa Leta yari imaze gutangaho miliyoni zirenga 400

Mu ntara y’ Iburasirazuba hakozwe ubugenzuzi bwavumbuye abanyeshuri ba baringa mu mashuri abanza (…)

Babili mu bayoboye Minisiteri y’ uburezi bari mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Musafili Papias Malimba, Umuyobozi wungirije wa (…)

REB yafatiriye by’agateganyo amanota y’abanyeshuri 153

Umuyobozi wa REB Gasana Janvier Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB), cyatangaje ko (…)

Amanota 2017: Nsengiyumva n’ umugore we bishimiye ko umwana wabo yabaye uwa mbere ku rwego rw’igihugu

Ababyeyi ba Mugisha Nsengiyumva Frank w’imyaka 12, wigaga mu kigo cy’amashuri abanza cya Saint (…)

Ubutumwa bugufi n’ urubuga rwa REB nibwo buryo bwo kumenya amanota

Amakuru aturuka mu kigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) aravuga ko uburyo busanzwe bukoreshwa (…)

Amanota ya 2017: Abakobwa batsinze kurusha abahungu

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bizamini bisoza amashuri 2017 mu mashuri abanza abanyeshuri (…)

Nyuma yo guhuza amashuri makuru na kaminuza ntibitange umusaruro, IPRCs nazo zigiye guhuzwa

Umuyobozi w’Ikigo k’igihugu cyo guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (WDA ) yatangaje ko guhuza (…)

’Hari icyuho hagati y’ abakoresha n’ abatanga uburezi’ REFAC

Mu mahugurwa yakozwe kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017 ateguwe n’umuryango Rwanda Education for All (…)

Rwanda: Minisiteri y’ uburezi iyoborwa n’ abataraminuje uburezi

Uburezi ni rumwe mu nzego Leta y’ u Rwanda itemerera umuntu kurukoramo atarize ibijyanye narwo. (…)

Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yagaragaje ko kuba abanyeshuri ba Primaire biga basimburana ari ‘amaburakindi’

Guverinoma y’ u Rwanda ivuga ko ifite gahunda yo kuguraho uburyo buriho aho abanyeshuri bose (…)

Abanyeshuri barenga ibihumbi 142 batangiye gukora ibizamini bya Leta

Kuri uyu wa Kabili tariki 21 Ugushyingo 2017, abanyeshuri bagera 142 305 batangiye gukora (…)

Rubingisa wari umuyobozi wungirije wa UR yasimbujwe

Umuyobozi wungirije ushinzwe Imari n’Ubutegetsi muri Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, (…)

Bugesera: Abakobwa 5 batwaye inda gutotezwa bituma bava mu ishuri

Mu ntara y’Iburasirazuba- Mu Karere ka Bugesera Mu Murenge wa Gashobora; abagore babiri bari (…)

Abanyeshuri bo muri Lycee de Kigali bigaragambije

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 bamwe mu banyeshuri 400 biga baba mu (…)