skol

Uburezi

Bugesera/G.S Ruhuha: Wa mwarimu wateye inda umunyeshuli yakatiwe iminsi 30, abandi 3 baratwite

Umuyobozi w’ishuri rya G.S Ruhuha ntaraburana Umuyobozi ushinjwe imyitwarire y’abanyeshuri nawe (…)

Abize muri UR bagiye gusabwa kuyifasha kubaho

Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y’u Rwanda n’abayizemo Nyuma y’ uko (…)

P.Kagame yatangije igikorwa cyo kubaka ibyumba by’amashuri i Karembure

Perezida wa Repubulika Paul Kagame aributsa abanyarwanda ko imbaraga zabo ari izibanze mu guteza (…)

Bugesera/G.s Ruhuha: Umuyobozi w’ikigo, ushinjwe Discipline n’umwarimu wateye inda umunyeshuli barafunze

Umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye wo mu Murenge wa (…)

Minisitiri Philbert yahagurukiye umushinga wa Positivo utaravuzweho rumwe

Ministre w’ikoranabuhanga n’itumanaho Jean Philbert Nsengimana, aratangaza ko hari ingamba (…)

Kayonza: Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho gusambanya umunyeshuri

Polisi yataye muri yombi Umuyobozi w’ishuri ry’imyuga rya Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba aho (…)

Mu irushanwa ITETEROQUIZ kuri Radiyo Rwanda harimo amafaranga arenga miliyoni yo gutsindira!

Radio Rwanda yateganyije amafaranga arenga miliyoni ku bantu bazahamagara kuri radio bagasubiza (…)

Bamporiki yasabye intore nshya zo muri UNILAK kutaba “Intore zipfubye”

Umuyobozi w’ intorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki yahaye impanuro intore z’ (…)

Gatsibo: Umwana yari amaze ibyumweru 3 afungiranye mu cyumba

Polisi yataye muri yombi uwitwa Ngerageze Prosper ukekwaho gufungira mu cyumba umwana we (…)

Abarimu bo mu Rwanda no mu karere ka EAC bakanguriwe kwimakaza uburinganire

Sendika y’abarimu mu Rwanda irashishikariza abarimukazi gushyira imbaraga mu kwigirira icyizere (…)

Kaminuza ya Nile Source Polytechnic yahagaritswe burundu, izindi zarinangiye

Minisiteri y’Uburezi yafashe umwanzuro wo gufunga burundu Kaminuza ya Nile Source Polytechnic (…)

J. Kagame yagaragaje ko intego y’u Rwanda ari ukugira umuryango ukungahaye

Madamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi (…)

Umushinga wo gukora ifumbire w’ abanyeshuri barangiye muri UR wahawe igihembo mpuzamahanga

Inzobere muri siyansi ku rwego mpuzamahanga zitabiriye inama y’ iminsi itatu yaberaga I Kigali (…)

Kaminuza ya Kibungo (UNIK) yabonye umuyobozi mushya nyuma y’uko Prof Silas yeguye

Prof Karuranga Egide yagizwe umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo, UNIK asimbuye kuri uyu mwanya (…)

Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi

Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no (…)