skol
fortebet

Ubutabera

Uwiyita Impano y’Imana kuri Youtube yakatiwe gufungwa iminsi 30

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, rwategetse ko Ngirinshuti Ezechiel usanzwe ari umuyobozi wa shene (…)

Kigali:Abantu 10 bafunzwe bazira kwica urubozo umusore w’Umurundi

Polisi y’Igihugu yatangaje ko hari abantu 10 ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (…)

Abaturage barasabira ibihano bikomeye abakomeje kwibasira abarokotse Jenoside

Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana barasabira ibihano biremereye bamwe muri bagenzi babo (…)

Umwe mu bakekwaho kwica uwarokotse Jenoside yafatiwe i Rwamagana

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Ukuboza 2024 yatangaje ko yafashe umugabo (…)

Rutsiro:RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere akekwaho Ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kamayirese Innocent, (…)

Perezida KAGAME yaburiye abavutsa ubuzima abarokotse Jenoside

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye abagifite umugambi mubi wo gusubiza igihugu mu (…)

Umutoza wa APR FC ntiyanyuzwe n’umubare w’ibitego batsinze Kiyovu sport irwaye

Umutoza w’Ikipe ya APR FC Darco Novic avuga ko atishimiye intsinzi y’ibitego 3-0 batsinze Kiyovu (…)

Huye: Abagabo baracyahohoterwa n’abagore babo bakaruca bakarumira

Mu Karere ka Huye hari abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabihisha kubera impamvu (…)

Sgt Minani warashe abaturage batanu yakatiwe anamburwa impeta zose

Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Sgt Minani Gervais, igihano cy’igifungo cya burundu ndetse no (…)

Maj Gen (Rtd) Rutatina arafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina (…)

Sgt Minani warashe mu cyico abaturage 5 yatangiye kuburanishwa mu ruhame

Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Ukuboza, rwatangiye kuburanishiriza mu (…)

Minisante yahaye gasobo abakoresha ‘ambulances’ icyo zitagenewe ibateguza ibihano

Guverinoma y’u Rwanda yihanangirije abakora mu Nzego z’ubuzima bufashisha ingobyi z’abarwayi, (…)

U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwoherereje Leta y’u Buhinde Salman Khan (…)

Umubikira Nyiraminani Bellancilla wapakije sima muri Ambulance yafunzwe

Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki 25 Ugushyingo 2024, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho (…)

Kayonza: Uwabaye Pasiteri akurikiranyweho gukubita awamwishyuzaga

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Tumusifu John wahoze ari Pasiteri, yatawe muri yombi, akekwaho (…)