skol
fortebet

Ubutabera

Kicukiro:Babiri bakekwaho kwica umukobwa wari wabasuye bagejejwe mu Rukiko

Abasore babiri bakekwaho kwica Kayirangwa Olga ubwo yari ageze aho batuye, umwe muribo uvuga ko (…)

Bamporiki na CG (Rtd) Emmanuel Gasana bari mu bahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko na CG (Rtd) (…)

Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko

Perezida wa Repubulika Paul KAGAME , yahaye imbabazi abantu 32 bari barakatiwe n’Inkiko. Ni mu (…)

Itorero ‘Zeraphat Holy Church’ rya Pasiteri Harerimana uri ryambuwe ubuzima gatozi

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere,RGB, rwambuye ubuzima gatozi, itorero Zeraphat Holy Church riri (…)

Abanyeshuri ba Kaminuza bagiye gufasha kugabanya imanza zijya mu nkiko

Ubucamanza bw’u Rwanda hamwe n’inzego zishinzwe guteza imbere ubutabera bwunga binyuze mu (…)

RDF yabeshyuze inkuru ishinja ingabo zayo ziri muri MINUSCA gufata abagore ku ngufu

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyanyomoje inkuru ishinja ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa (…)

Musonera Germain yasabye kuburana adafunze

Mu iburanisha risaba kongererwa igifungo cy’agateganyo, Musonera Germain ukurikiranyweho kugira (…)

“Kurya ituro birasaba gutekereza kabiri” Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we babimburiye abandi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Bishop Harerimana Jean (…)

I Kirehe haravugwa Padiri Diregiteri ufunzwe azira gusambanya umunyeshuri we w’ imyaka 15

Mu Karere ka Kirehe haravugwa inkuru y’Umupadiri akaba n’Umuyobozi w’ikigo witwa Phocas (…)

Urukiko rwakatiye Rashid gufungwa imyaka 7 kubera guhakana no gupfobya jenoside

Rashid Hakuzimana yakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 7 nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo (…)

Gatsibo: Akurikiranweho kwica nyina akamutaba mu nzu

Mu Karere ka Gatsibo,mu Murenge wa Ngarama, Akagari ka Kigasha,mu Mudugudu wa Byimana, haravugwa (…)

U Rwanda rwasabye urukiko rwa EAC(EACJ) gutesha agaciro ibirego RDC irurega

Kuri uyu wa Kane, Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba rwatangiye kumva (…)

Rubavu: Umugabo yafatanwe mu modoka imifuka 40 y’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe umugabo w’imyaka 43 y’amavuko, wari utwaye (…)

Abasore 3 batawe muri yombi bakekwaho kwiba moto

Kuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke hafungiye Niyoniringiye Jacques w’imyaka (…)

Dosiye y’Uwaguye Transit Center yinjiyemo abaganga

Abaganga baje mu rukiko gusobanura raporo bakoze ku muntu waguye muri Transit Center bikekwa ko (…)