skol
fortebet

Ubutabera

Abaturage ba Kangondo na Kibiraro batsinzwe urubanza baburanaga n’Umujyi wa Kigali

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ikirego cy’imiryango irega umujyi wa Kigali nta (…)

Nshimyumuremyi wayoboraga Rwanda Housing Authority yakatiwe gufungwa imyaka itanu

Uwari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire, Rwanda Housing Authority, Nshimyumuremyi Félix, (…)

Abanyamategeko bunganira abahoze muri FDLR bakuriweho ihazabu bari baciwe

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda ku wa gatatu (…)

RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’ikirego cy’abantu 12 bakekwaho ibyaha byakorewe muri IPRC Kigali

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye y’ikirego kiregwamo (…)

Mujawamariya yashinje Félicien Kabuga kwitabira inama yatangije RTLM

Umutangabuhamya Monique Mujawamariya yashinje Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside kuba (…)

Urubanza rwa Félicien Kabuga rwakomeje atari mu rukiko,Ubushinja cyaha bubazwa ibibazo

Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside rwakomeje kuri uyu wa gatatu i La Haye (…)

Abarenga ibihumbi icumi mu Rwanda bafunzwe bategereje kuburana

U Rwanda rwatangije igikorwa cy’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha mu nkiko buzwi nka (…)

Hakuzimana Rachid agiye kuburanishwa n’Urukiko ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga

Hakuzimana Abdul Rachid agiye koherezwa kuburanira mu Rugereko rw’Urukiko Rukuru ruranisha (…)

U Rwanda n’urwa 5 ku isi mu bihugu bifite abantu benshi bafunzwe mu baturage 100 000

Mu mwaka wa 2017 Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa mu Rwanda (RCS), rwatangaje (…)

Karasira Aimable yongeye kwanga kuburana abwira urukiko icyo akeneye

Kuri uyu wa Gatanu, Aimable Karasira uregwa ibyaha byo guhakana Jenoside no gukwiza ibihuha, (…)

Umuraperi Danny Nanone wasembuwe n’umugore babyaranye bakarwana yarekuwe

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo kurekura by’agateganyo umuhanzi (…)

Ubushinjacyaha bwasabiye Prince Kid gufungwa imyaka 16

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije mu mizi Ishimwe Dieudonne [Prince Kid] ufungiwe (…)

Urukiko rwarekuye abanyamakuru ba Iwacu TV bamaze imyaka ine bafunze

Urukiko i Kigali mu Rwanda rwasanze abanyamakuru Mutuyimana Jean Damascène, Nshimiyimana Jean (…)

Urubanza rwa Prince Kid rwasubitswe by’igihe gito birangira rushyizwe mu muhezo

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid, yagejejwe imbere y’Urukiko kugira ngo aburane mu mizi,ku (…)

Ishimwe [Prince Kid] araburana mu mizi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 Ukwakira 2022, i Saa Mbili za mu gitondo (08:00) ari bwo Ishimwe (…)