skol
fortebet

Ubutabera

Hagiye gutangizwa uburyo budasanzwe mu butabera buzafasha kugabanya ubucucike mu magereza mu Rwanda

U Rwanda rugiye gutangiriza muri Gereza ya Nyarugenge uburyo bw’ukumvikana kurebana no kwemera (…)

Haravugwa guhirika ubutegetsi muri Burkina Faso

Muri Burkina Faso hazindutse humvikana urusaku rw’amasasu mu bice bikomeye biri ku murwa (…)

Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 4 n’ihazabu ya miliyoni 60 FRW

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rumaze kwemeza ko Bamporiki Bamporiki Edouard afungwa imyaka (…)

Bamporiki wasabiwe gufungwa imyaka 20 arasomerwa

Hon.BamporikI Edouard arasomerwa urubanza uyu munsi nyuma ya saa sita. Bamporiki Edouard (…)

Ndimbati yagizwe umwere

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Uwihoreye Jean Bosco uzwi ku izina rya Ndimabati (…)

Bamporiki yasabiwe gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 FRW

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge guhamya Bamporiki Edouard ibyaha byo (…)

Ubushinjacyaha bwagaragaje neza uko Bamporiki yakoze icyaha cyo kwakira ruswa

Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge uko Bamporiki Edouard yakoze (…)

Bamporiki wemeye kurya ruswa ya miliyoni 5 yashinjwe kwaka indi ya miliyoni 10 FRW

Kuri uyu wa 21 Nzeri 2022,Urukiko rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Edouard Bamporiki wahoze (…)

Bamporiki yongeye kwitaba urukiko kubera ibyaha bya ruswa akurikiranweho

Kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Nzeri 2022, Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri (…)

Nshimyumuremyi wayoboraga RHA yasabiwe gufungwa imyaka 7

Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka irindwi Nshimyumuremyi Félix wahoze ari Umuyobozi (…)

Umucamanza yategetse ko urubanza rwa Christopher Kayumba rwimurirwa muri gereza

Christopher Kayumba yitabye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rumukurikiranyeho icyaha cyo (…)

Bamporiki yitabye urukiko ataha ataburanye

Urukiko rukuru rwa Nyarugenge rufashe umwanzuro wo gusubika urubunza rwa Bamporiki Eduard, (…)

Gusomera abanyamakuru bafunze byasubitswe kubera amahugurwa

Umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’abanyamakuru ba Iwacu TV wari gusomwa uyu munsi wasubitswe (…)

Ndimbati waburaniye kuri SKYPE yasabiwe gufungwa imyaka 25 [YAVUGURUWE]

Ubushinjacyaha bwasabiye Uwihoreye wamenyekanye nka Ndimbati gufungwa imyaka 25.Araregwa guha (…)

Ndimbati aratangira kuburana mu mizi

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 13 Nzeri, umukinnyi wa filimi witwa Jean Bosco Uwihoreye uzwi ku (…)