skol
fortebet

Ubutabera

Nyarugenge: "ADEPR ni nka Rayon Sports"- Me Sharangabo mu rubanza umuyoboke wa ADEPR yarezemo RGB

Kuri uyu wa mbere urukiko rwisumbuye, rwa Nyarugenge rwatangiye Kuburanisha urubanza (…)

Jay Polly na bagenzi be bakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Umuhanzi Jay Polly n’abo bareganwa icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge bakatiwe gufungwa iminsi (…)

Tom Byabagamba yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe kubera kwiba

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane rwahamije Tom Byabagamba (…)

Umugore umwe rukumbi uregwa mu rubanza rwa Rusesabagina yavuze uko yashishikarije abakobwa benshi’ kujya muri FLN

Angeline Mukandutiye umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina (…)

Umuhungu wa General Wilson Irategeka yashinje mu rukiko se kumujyana muri FLN ku ngufu

Mu Rwanda uno munsi urukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba n’izambukiranya imipaka rwakomeje (…)

Musanze: Polisi yataye muri yombi umwana wasambanyije ihene ihaka ikaramburura

Polisi y’igihugu ikorera mu Karere ka Musanze yataye muri yombi umwana w’imyaka 14 utuye mu (…)

Jay Polly na bagenzi be bagejejwe imbere y’urukiko bwa mbere

Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Gicurasi 2021, Jay Polly n’abandi bantu batatu bakurikiranyweho (…)

Perezida Kagame yasabye inzego z’Ubutabera gushyigikira iterambere n’umuco wo kubahiriza amategeko

Kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abacamanza batatu muri Village (…)

Raporo ya muganga yateje impaka mu rubanza rwa Davis D na Kevin Kade

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, rwatangiye kuburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo (…)

Idamange yanze kuburana hakoreshejwe ikoranabuhanga

Urubanza rwa Idamange Yvonne rwatangiye kuburanishwa mu mizi n’urukiko rwakoreye mu karere ka (…)

“Urukiko rwirengagije cyane imbogamizi Munyenyezi yatanze”-Me Buhuru umwunganira

Uwunganira Madamu Munyenyezi Beatrice,Maitre Pierre Celestin Buhuru,yemeje ko urukiko rwibanze (…)

Urukiko rwategetse ko Béatrice Munyenyezi akomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko rwategetse ko Béatrice Munyenyezi akomeza gufungwa by’agateganyo kuko akekwaho ibyaha (…)

Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi yasabiwe gufungwa imyaka 7

Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi, yasabiwe gufungwa imyaka irindwi (7) (…)

Bamwe mu baburana mu rubanza rumwe na Rusesabagina bemeye ibyaha babisabira imbabazi

Urukiko ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka n’iby’iterabwoba rwakomeje kuburanisha urubanza (…)

Urukiko rw’ubujurire rwemeje ko igihano cya burundu kuri Munyagishari wahamwe n’ibyaha bya Jenoside kigumaho

Kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubujurire rwagumishijeho igihano cya burundu Bernard Munyagishari (…)