skol
fortebet

Ubutabera

Ibyo wamenya kuri Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na USA kugira ngo akurikiranweho ibyaha bya Jenoside

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Mata 2021 nibwo Munyenyezi yagejejwe mu Rwanda avanwe (…)

U Bufaransa: Padiri Marcel Hitayezu ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yatawe muri yombi

Padiri Marcel Hitayezu wahungiye mu Bufaransa akanahabwa ubwenegihugu yatawe muri yombi kuri uyu (…)

RIB yagaragaje ko kugeza Munyenyezi mu Rwanda ari ubutabera ku barokotse Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko kuba Beatrice Munyenyezi agejejwe mu (…)

Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko ataburana “Gisivili” afunzwe akanabaho Gisilikali!

Mu rubanza rw’ubujujrire rwabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga Col Tom Byabagamba n’abamwunganira (…)

Nyarugenge: Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko atajya ahabwa umwanya wo kubonana n’abamwunganira

Col Tom Byabagamba w’imyaka 54 kuri uyu wa gatanu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hasubukuwe (…)

Munyenyezi Beatrice ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyafashe umwanzuro wo kohereza mu Rwanda Madamu Beatrice (…)

CG George Rwigamba yaba yarazize iki? Ni ibihe bibazo birindiriye DCG Marizamunda?

Rtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) (…)

Adeline Rwigara yongeye kwanga kwitaba RIB yari yongeye kumuhamagaza

Madamu Adeline Rwigara waherukaga guhamagazwa na RIB akavuga ko atakwitaba kubera ko ari mu (…)

Musanze: Abari bakurikiranyweho ibyaha birimo kwica abana babatwikiye mu nzu bakatiwe igifungo cya burundu

Tariki 08 Mata 2021, Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari (…)

Urubaza rw’abahoze bayobora umutwe wa FDLR rwasubitswe

Umucamanza mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha imanza z’iterabwoba n’ibyaha (…)

Bagosora yangiwe gufungurwa mbere y’uko igifungo cye kirangira

Perezida w’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga (IRMCT), Carmel Agius,kuri uyu wa Kane, (…)

Rusesabagina yashinjwe uruhare rutaziguye mu iterabwoba n’ubwicanyi

Ubushinjacyaha mu rukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba rwashinje Paul Rusesabagina uruhare (…)

Urubanza rwa Jean Claude Iyamuremye ushinjwa ibyaha bya Jenoside rwapfundikiwe, yavuze iki mbere yo gukatirwa?

Jean Claude Iyamuremye woherejwe n’Ubuholandi mu Rwanda kuburana ku byaha bya jenoside akekwaho, (…)

Ubushinjacyaha bwagaragaje ibimenyetso byinshi ku birego Rusesabagina akurikiranweho

Kuri uyu wa 31 Werurwe 2021, guhera saa Mbiri n’igice z’igitondo nibwo Urugereko Rwihariye (…)

Rusesabagina ntiyagaragaye mu rukiko nkuko yari yabitangaje

Kuri uyu wa 24 Werurwe 2021, guhera saa Mbiri n’igice z’igitondo,nibwo Urugereko rwihariye (…)