skol

Ubuzima

Abanyamuryango ba Mitiweli basabwe kwishyura imisanzu kare kugira ngo batazahura n’ikibazo cyo kwivuza

Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, cyasabye abayobozi b’uturere twose gukomeza (…)

COVID-19: Habonetse abarwayi 18 bashya mu Rwanda …Hakize abandi bantu 6 kuri uyu wa Kane

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 30 Mata 2020,mu Rwanda habonetse (…)

Bugesera: Wa mukozi w’akagari washinjwe ubusinzi akavuga ko yagabanyije inzoga yeguye ku mirimo ye

Umukozi w’akagari ka Kibungo mu murenge wa Ntarama y’akarere ka Bugesera, ushinzwe iterambere (…)

Gasabo:Baraye hanze nyuma yo gusenyerwa n’ushinzwe ubwubatsi mu murenge

Umuryango utuye mu ka Nyakariba mu kagari ka Musezero mu murenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo (…)

Gasabo: Umuyobozi w’akarere yazanye agashya ko gufasha abarwayi kugera kwa muganga muri iki gihe cya COVID-19

Umuyobozi nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo,madamu Umwali Pauline, yandikiye Abanyamabanga (…)

Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 225…Habonetse abantu 13 bashya kuri uyu wa Gatatu

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata 2020 mu Rwanda habonetse (…)

Nyamasheke: Inzu yagwiriye abantu 4 bari bayirimo 2 bahasiga ubuzima

Muri ibi bihe imvura iri kugwa hirya no hino mu Rwanda yahitanye abantu mu Murenge wa Karambi (…)

Qatar yashyikirije u Rwanda toni 15 z’ibikoresho byo kurwanya icyorezo cya COVID-19

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata 2020,igihugu cya Qatar cyashyikirije Leta (…)

Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda babaye 212..Abakize kuri uyu wa Kabiri ni 2

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Mata 2020 mu Rwanda habonetse (…)

Bugesera: Abaturage bashinje umuyobozi wabo ubusinzi arabasubiza ati" Inzoga narazigabanyije"

Bamwe mu batuye mu kagari ka Kibungo mu murenge wa Ntarama y’akarere ka Bugesera, barinubira (…)

Perezida Trump yateye benshi urujijo kubera amagambo yatangaje ku buzima bwa Kim Jong Un

Perezida wa USA,Donald Trump yatumye benshi bajya mu rujijo ubwo yavugaga ko ubuzima bw’umukuru (…)

Gen.Patrick Nyamvumba uri gukorwaho iperereza ni muntu ki ?

Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa 27 Mata 2020,nibwo hasohotse itangazo rya minisitiri w’intebe (…)

Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 207…Habonetse 16 bashya

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 1,214 bya Coronavirus byafashwe uyu munsi tariki ya (…)

Ambasade ya Israel yahaye inkunga y’udupfukamunwa 4000 umuryango AVEGA n’abagore bacururiza mu isoko rya Kimironko

Ambasade ya Israel mu Rwanda yahaye inkunga y’udupfukamunwa ibihumbi 4000 abanyarwandakazi (…)