skol
fortebet

Ubuzima

Kayonza: Mu cyuzi cya Ruramira hamaze kuboneka imibiri 83 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hatangiye umuganda wo gushaka imibiri y’Abatutsi yajugunywe mu (...)

Abantu 3 nibo basanzwe baranduye Coronavirus muri 720 bapimwe kuri uyu wa Kane

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umubare w’abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda wabaye abantu (...)

Nyarugenge: Abaturage barwanye n’abayobozi bapfa ibyokurya byo gufasha abatishoboye

Abayobozi n’abaturage bo mu Mudugudu wa Ruhango, Akagari ka Ruliba, Umurenge wa Kigali ho mu (...)

Coronavirus: Amafaranga azava mu mishahara y’abayobozi bakuru ashobora kugera kuri miliyari 2,5-Minisitiri Ndagijimana

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel,yatangaje ko amafaranga agera kuri (...)

"Ibi bihe turimo bidasanzwe ntibishobora kutubuza kuzuza inshingano yo kwibuka-Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko ibihe bibi u Rwanda n’isi yose bya (...)

Abanduye Coronavirus babaye 105...Habonetse umuntu umwe kuri uyu wa Mbere

Kuri uyu munsi tariki ya 06 Mata 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu umwe gusa ariwe (...)

Kayonza: Habonetse imibiri 15 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Mata 2020, mu murenge wa Ruramira wo mu karere ka Kayonza habaye (...)

Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda bigomwe umushahara wabo w’ukwezi ushyirwa mu gufasha abatishoboye

Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara w’ukwezi kwa Mata (...)

Abanduye Coronavirus mu Rwanda bamaze kuba 104…Hagaragaye abantu 2 kuri iki cyumweru

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 05 Mata 2020, hagaragaye (...)

Abarwayi bane ba Coronavirus mu Rwanda bakize basezererwa mu bitaro

Nyuma y’aho umurwayi wa mbere wa Coronavirus agaragaye mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020,amakuru (...)

Rusizi: Abana babiri barohamye mu Kivu ubwo bari bavuye gushaka inkwi

Abana babiri b’imyaka 12 barimo uwitwa Bibwireyesu Joram n’Umuhire Alexis, bari batuye mu (...)

Gasabo:Abayobozi b’umudugudu wa Ndera 2 bafunzwe bazira kunyereza ibyokurya byagenewe abatishoboye kubera COVID-19

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umuyobozi w’Umudugudu n’ushinzwe (...)

Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 102…Kuri uyu wa Gatandatu habonetse abantu 13

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hagaragaye abantu 13 banduye Coronavirus (...)

0 | ... | 1500 | 1515 | 1530 | 1545 | 1560 | 1575 | 1590 | 1605 | 1620 | ... | 2010