skol

Mu Rwanda

Ruhango: Babiri bashyiriye Polisi ruswa ihita ibata muri yombi

Polisi y’u Rwanda (RNP) yataye muri yombi umugabo w’imyaka 56 n’umugore w’imyaka 65 nyuma yo (…)

Umushoferi utwara ikinyabiga yanyoye ibisindisha ni umwicanyi – IGP

I Rusizi mu murenge wa Muganza, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu yakebuye abatwara (…)

Kigali: Abana batatu batwawe n’umuvu w’amazi umwe arapfa

Imvura yaguye ku gicamunsi cy’itariki ya 20 Mutarama 2026 yateje umuvu w’amazi utwara abantu (…)

"Urubyiruko rw’u Rwanda turakennye" – Kuki ijambo ry’uyu mukobwa ryateje impaka?

Amashusho y’umukobwa utanga igitekerezo cy’uburyo ubukene bwugarije urubyiruko mu Rwanda yateje (…)

Hatangajwe imvura iteganyijwe mu mpera za Mutarama 2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi 10 ya nyuma y’ukwezi kwa (…)

Rutsiro: Hatangiye iperereza ku mwana na nyina basanzwe munsi y’uburiri bapfuye

Mu Karere ka Rutsiro hatangiye iperereza ku rupfu rwa Mukahigiro Marie Jeanne w’imyaka 51 (…)

Minisitiri Dr. Bizimana yashimiye Urukiko rwa Loni rwanze gufungura Musema wahamijwe ibyaha bya Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, (…)

Icukumbura ku byaha Dr Manirakiza Benjamin aregwa byo gusambanya abana

RIB yafunze umwarimu muri Kaminuza Dr. Manirakiza Benjamin w’imyaka 41 y’amavuko akaba (…)

Umutungo wa RSSB wageze kuri miliyari 3000,2 Frw mu 2025

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, Regis Rugemanshuro, yatangaje ko (…)

Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda akomeje kugira ibihe byiza azenguruka uturere tw’u Rwanda

Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda, Irene Vida Gala; akomeje kugaragaza ibihe byiza agirira mu (…)

Ruhango: Umusore na nyina batawe muri yombi bakekwaho kwica se

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we (…)

Rutsiro: Abantu umunani bafunzwe bakekwaho uruhare mu bujura bw’Ibendera ry’Igihugu

Abantu batandatu bo mu Karere ka Rutsiro batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bujura (…)

Ntabwo byumvikana ko mu Rwanda twakwicwa n’inzara-Senateri Dr. Charles Murigande

Senateri Dr. Charles Murigande yagaragaje ko bitumvikana ko mu Rwanda habaho abantu bicwa (…)

Umugabo yabwiye irondo icyatumye yari agiye kwiyahura

Mu Karere ka Muhanga, umugabo w’imyaka 33 yatabawe n’irondo agiye kwiyahuza ikinini cy’imbeba, (…)

Karongi: Umugabo yishe umugore agerageza kwiyahura ntiyapfa

Umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Karongi acungishijwe ijisho mu bitaro bya Kibuye akekwaho (…)