skol

Mu Rwanda

Utayifashe mu ntoki ntabarwaho ikosa: Impinduka ku gukoresha telefoni utwaye ikinyabiziga

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yasobanuye ko gukoresha telefoni utwaye (…)

Hari abavuye muri Guverinoma rugikubita: Impinduka zakozwe mu nzego nkuru z’igihugu mu 2025

Muri Nyakanga 2025, nyuma y’ibirori byo Kwibohora31, inkuru ikomeye yabaye Guverinoma nshya ya (…)

Ingo zifite amashanyarazi zigeze kuri 85.4% – REG

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG), itangaza ko kugeza ubu ikomeje gutera intambwe (…)

Abagororwa bizihije iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025

Urwego Rushinzwe Igorora mu Rwanda (RCS) n’abafanyabikorwa mu nzego z’ubutabera harimo (…)

Perezida Kagame ahangayikishijwe n’ibiyobyabwenge mu rubyiruko; yavuze uwo bakoranaga wabaswe n’inzoga

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugendera kure ibiyobyabwenge, kuko bikomeje kubagiraho (…)

Kumpa uburenganzira bwanjye si ibyo ngomba kugusaba mpfukamye- Perezida Kagame

“Njye abafite ibyo bahaguruka basaba, barwanira uko baba babikora kose ndabyumva ndetse impamvu (…)

Ni ingabo nahoze iteka nifuza - Perezida Kagame yashimye abashinzwe umutekano

Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda mu byiciro bitandukanye ku musanzu wabo mu iterambere (…)

Barumiwe, baragowe - Perezida Kagame avuga ku kaga abaturage bahura na ko iyo bashaka serivisi

Perezida Kagame yavuze ko igihe kizagera abaturage bakazajya bashaka inkoni bagakubita abayobozi (…)

Ruswa ishingiye ku gitsina iravugwa mu mashuri makuru na kaminuza – Transparency

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda (TIR) igaragaza ko mu (…)

Uko Guverinoma yakemuye ikibazo cya moto za Spiro

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe ku bibazo (…)

Rizigisha abapilote 80 ku mwaka: Ibishya ku shuri ry’iby’indege rizuzura mu Rwanda mu 2028

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishuri rizigisha gutwara indege n’ibindi bijyanye (…)

Polisi y’u Rwanda yavuze ku bapolisi bakurubanye uwasinze

Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye mu mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga (…)

Spiro yisobanuye ku bibazo uruhuri bivugwa kuri moto zayo

Uruganda rukora moto zikoresha amashanyarazi rwa Spiro, rwemeye ko ibibazo bimaze iminsi bivugwa (…)

Polisi yafunze abagabo bakekwaho kwica umuntu

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi yabwiye UMUSEKE ko Polisi yafunze (…)

U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka

Leta y’u Rwanda igiye gushora miliyari 300 z’amafaranga y’u Rwanda mu mushinga w’imyaka 6 yo (…)