skol

Mu Rwanda

Abaturiye ikimoteri cya Nduba bazahozwa na nde?

Abaturage baturiye ikimoteri cya Nduba mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo, bakomeje gusaba (…)

Ibigo by’amashuri birenga 300, ibitaro n’ibikorwa by’ishoramari: ADEPR mu myaka 85 ishize

Itorero rya ADEPR mu Rwanda ryatangiye mu 1940 mu Karere ka Rusizi, ubu ni mu Rurembo rwa Gihundwe.

Guhashya ruswa burundu mu Rwanda birashoboka?

Ku ruhando Mpuzamahanga u Rwanda ruri ku mwanya wa 43 mu bihugu birangwamo ruswa nkeya n’amanota (…)

Munyengango na Gatarayiha bagizwe ba ‘Général de Brigade’: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera (…)

U Rwanda ntiruzongera gusaba M23 kurekura ibice nyuma y’ibyabaye i Walikare - Min. Nduhungirehe

Mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hamaze gusakara inkuru y’uko umujyi wa Uvira wafashwe na (…)

Kayonza: Min. w’Ubutegetsi bw’igihugu, Dominique Habimana yavuze kuri Njyanama yirukanye Nyobozi n’impamvu hashyizweho abayobozi 2 gusa

Mu kiganiro yagiranye na RBA, Min. Dominique Habimana w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko impamvu (…)

Kayonza: Inama njyanama yirukanye nyobozi y’akarere yo yayirushije iki?

Ku munsi w’ejo taliki ya 7 ukuboza 2025 ni bwo hamenyekanye inkuru ko Meya na ba Visi Meya bombi (…)

Miss Kalimpinya yegukanye igikombe cya shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa mu modoka

Nyuma y’amezi arindwi n’amasiganwa atanu, u Rwanda rwongeye kubona nimero ya mbere mushya mu (…)

Amafaranga yatanzwemo ruswa yikubye hafi kabiri mu 2025

Ubushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025 bwagaragaje ko umubare (…)

Imyaka 125 ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda

Tariki ya 20 Mutarama 1900 ni bwo mu Rwanda haturiwe Igitambo cya mbere cya Misa, isomerwa i (…)

Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?

Ubushakashatsi kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index 2025) bwagaragaje ko Abanyarwanda 9,5% (…)

Karongi: Yishe se amwitiranya na murumuna we barwanaga

Kuri sitasiyo ya RIB ya Twumba mu Karere ka Karongi hafungiye Bayikorere Noel w’imyaka 19 na (…)

Ibigenerwa abapolisi bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Mu buzima umuntu arakura, agakora hanyuma akageza mu bihe by’ubusaza aho umubiri uba utagifite (…)

“Tuzabibara tubibonye”: Impungenge z’Abanyarwanda ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mijyi

Kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo bushya bwo (…)

Kwiyuhagira buri munsi, guca inzara no koza amenyo kabiri ku munsi: Amabwiriza mashya y’isuku ku Banyarwanda

Minisitiri w’Ubuzima yashyize hanze amabwiriza yerekeye isuku n’isukura, akubiyemo ingingo (…)