skol

Mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje uko izifashisha ubuhinzi mu kugera ku ntego z’icyerekezo 2050

Kuri uyu wa Kane tariki 02 Ukwakira 2025, Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yagejeje ku (…)

Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 204 Frw yo guhangana n’ibiza

Banki y’Isi yemereye u Rwanda inkunga y’asaga miliyari 204 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 141 (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa mu Kwakira

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu kwezi k’Ukwakira kwatangiye (…)

Sena Yemeje abayobozi baherutse guhabwa inshingano

Inteko rusange ya sena yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 30 Nzeri yemeje abayobozi baherutse (…)

U Rwanda na RDC mu biganiro bya nyuma ku bufatanye mu bukungu

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Karasira yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu

Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya (…)

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze ku gaciro k’asaga miliyari 5.7 Frw

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko agaciro k’umusaruro mbumbe w’u Rwanda (…)

Urukiko rwategetse ko Kalisa Adolphe afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe (Camarade) wari Umunyamabanga Mukuru (…)

Manzi Davis ushinjwa uburiganya bwa miliyoni 10$ yavuze ko nta ndishyi akwiye kwishyura

Manzi Sezisoni Davis ukurikiranyweho ibyaha birimo iyezandonke, kuvunja amafaranga no kuyacuruza (…)

Gicumbi: Uwari umuyede yabaye umworozi w’umwuga abikesha gahunda ya Girinka

Uzabakiriho Gervais, w’imyaka 52, utuye mu Murenge wa Shangasha, Akagari ka Shangasha mu Karere (…)

Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

Perezida Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange mu gufana, gucunga umutekano no (…)

Jenoside ntabwo ari igikinisho - Minisitiri Nduhungirehe kuri Tshisekedi wahinduye abicwa abicanyi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abantu (…)

Nta bushobozi bafite bwo gutera u Rwanda: Maj Ndayambaje ku bo yasize muri FDLR

Major Ndayambaje Gilbert alias Castro, yamaze imyaka 27 ari umurwanyi mu mutwe wa FDLR wasize (…)

RwandAir yatangaje igabanyuka ry’ibiciro by’ingendo rizageza mu 2026

Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje igabanyuka rya 50% ku (…)

Kaminuza y’u Rwanda n’iya Korea y’Epfo byemeje guteza imbere ubushakashatsi

Kaminuza y’u Rwanda (UR) na Kaminuza ya Yonsei yo muri Koreya y’Epfo, basinyanye amasezerano (…)