skol

Mu Rwanda

Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura

Mu minsinine gusa, Urwego rw’Umuvunyi rwakiriye ibibazo by’abaturage 137, byiganjemo ibishingiye (…)

Inote zishaje za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw na 5000 Frw zahagaritswe: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, yemeje Iteka rya Perezida rikuraho inoti (…)

Perezida Kagame yaganiriye na Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, uri mu (…)

Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Brice Oligui Nguema uyobora Gabon

Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe amavugurura n’ubufatanye bw’inzego muri Gabon, (…)

Abasura Pariki y’Akagera bayinjirije miliyoni 32,1$ mu myaka 15

Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko kuva mu 2010 kugeza mu 2025 iyi Pariki imaze (…)

Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha

Ingingo y’abasaba akazi ari benshi kakabona mbarwa mu Rwanda, ni imwe mu zikomeje kuvugwaho (…)

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu (…)

U Rwanda rwakiriye inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubushobozi bwo guhanga ibishya no (…)

U Rwanda ruhangayikishijwe n’uburozi bw’ikinyabutabire cya ‘Lead’

Inzego zitandukanye ziratangaza ko u Rwanda rurajwe ishinga no guca ‘Lead’, ikinyabutabire (…)

Ibyo Abanyarwanda bifuza ni byinshi cyane - Perezida Kagame yahaye umukoro Abasenateri bashya

Perezida Paul Kagame yakiriye Indahiro z’Abasenateri batandatu binjiye muri Sena y’u Rwanda, (…)

Perezida Kagame na Diomaye Faye wa Sénégal bitabiriye Car Free Day

Perezida Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko mu Rwanda, (…)

U Rwanda mu mwijima ruramurika- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside (…)

Inkangu n’inkuba, ibiza bibiri biraza Abanyarwanda rwantambi

Mu 2023 u Rwanda rwibasiwe n’ibihe bibiri by’ibiza bikomeye ku buryo byahitanye ubuzima (…)

U Rwanda rukeneye arenga miliyari 12$ mu kugabanya imyuka ihumanya ikirere bitarenze 2035

Ikigo cy’Igihugu cyita ku Bidukikije, REMA, cyagaragaje ko u Rwanda rukeneye miliyari 12$ mu (…)

Ingo 50% z’impunzi ziri mu Rwanda zizaba zishoboye kwibeshaho mu 2030

U Rwanda rwitabiriye Inama ya 76 y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, (…)