skol

Mu Rwanda

Mu mirenge ibiri y’Akarere ka Rusizi hagiye kubakwa ibibuga by’indege

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buvuga ko, mu rwego rwo kunoza serivisi zimwe na zimwe (…)

Kigali: Umusore w’imyaka 25 yarohamye mu bwogero bwa hoteli ahita yitaba Imana

Biziyaremye Evariste, uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko yitabye Imana nyuma yo kurohama mu (…)

Kigali : Imodoka zirindwi zashyizwemo Lisansi ivanze n’ amazi izigiraho ingaruka

Kuri sitasiyo ya SP iherereye mu mujyi wa Kigali ahahoze Radio Rwanda imodoka zirindwi zirimo (…)

MINEDUC yahagaritse amarushanwa ya ba Nyampinga mu mashuri

Minisiteri y’ Uburezi mu Rwanda yatangaje ko amashuri abujijwe kongera gutegura amarushanwa ya (…)

Prezida Museveni yagize umuhungu we umujyanama we

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yagize umuhungu we Maj Gen Muhozi Kainerugaba, umujyanama wa (…)

Kayonza: Umusaza w’ imyaka 75 yapfiriye mu kiraro cy’ inka ayitabara nayo irapfa

Mu kagari ka Nyamugari Umurenge wa Mwiri ho mu karere ka Kayonza umusaza w’ imyaka 75 yagwiriwe (…)

Gakenke: Umurambo w’ umugore w’ imyaka 47 watoraguwe ku nkombe za Nyabarongo

Mu murenge wa Minazi Akagari ka Murambi mu karere ka Gakenke hatoraguwe umurambo w’ umugore w’ (…)

Umugogo w’umwami Kigeli wamaze kugezwa i Kigali, byasaga n’ibyagizwe ibanga (Amafoto)

Ahagana saa sita n’iminota 40 nibwo indege ya Ethiopian Airlines ihetse umugogo w’Umwami Kigeli (…)

Rubavu: Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari 28 beguye

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari dutandukanye mu karere ka Rubavu, beguye ku mirimo yabo (…)

Inkura zirabura zigiye kugaruka mu Rwanda nyuma y’ imyaka 36 zitahaba

Nta gihindutse uyu mwaka wa 2017 urasiga muri Pariki y’ Akagera hongeye kugaruka inkura (…)

Kigali: Impanuka ikomeye yahitanye 2 umwe arakomereka bikomeye

Mu muhanda uzwi nka poid lourd mu mujyi wa Kagili, ku mugoroba wo kuri uyu wa 8 Mutarama 2017, (…)

Gasabo: Inzitiramibu zirenga 65 zafashwe zigurishwa binyuranyije n’ amategeko

Mu gihe Leta y’ u Rwanda ikomeje guha Abanyarwanda inzitiramibu z’ ubuntu mu rwego rwo kubafasha (…)

Ubuhamya bw’umugore warahiye kutazongera gukora uburaya ukundi

Umugore w’imyaka 29, utuye mu Murenge wa Gitega, mu Karere ka Nyarugenge, avuga ko yatagiranye (…)

Kayonza: Afunzwe azira gufatanwa 160 000 Frw y’amiganano

Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko ari mu maboko ya Polisi mu karere ka Kayonza, aho akurikiranyweho (…)

i Huye: Umwarabu wari umucuruzi ukomeye yitabye Imana

Umucuruzi witwa Salim Nassor umwe mu bari bakomeye mu Mujyi wa Huye, yitabye Imana azize urupfu (…)