skol

Mu Rwanda

Buri mwaka ugira ibibazo n’amahirwe byawo-Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze uyu mwaka wa 2016 u Rwanda rwabashije kurenga imbogamizi rwari (…)

Imbanzirizamushinga y’ubucuruzi yatanzwe n’u Rwanda n’u Burusiya burayifuza

Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Jeanne D’Arc Mujawamariya, yashyikirije Minisitiri Valovaya (…)

Urubanza rwa Nsanzumuhire na mukuru we Maj Dr Rugomwa rwasubitswe

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, Urukiko rwa gisirikare i Nyamirambo rufashe (…)

Stevenson Nzaramba wari Umuyobozi Mukuru muri Mininfra yirukanywe burundu

Stevenson Nzaramba wari Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Igenamigambi muri Minisiteri y’Ibikorwa (…)

Amapfa ku isonga mu byatume ifaranga ry’u Rwanda rita Agaciro

Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje ko ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro muri uyu mwaka wa 2016 (…)

Malawi: Abari basabye ko Murekezi ucyekwaho Jenoside afatwa akoherezwa mu Rwanda babivuyemo

Mu gihe hategerejwe umwanzuro wa nyuma ku koherezwa mu Rwanda kwa Vincent Murekezi ufungiwe muri (…)

Kigali: Umumotari yafashwe agerageza kugurisha moto itari iye

Umumotari witwa Munyaneza Ignace w’imyaka 42, yafashwe na polisi y’ u Rwanda mu mpera z’ (…)

Gereza ya 1930 yafashwe n’ inkongi y’ umuriro (Amafoto)

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 ahagana saa cyenda n’iminota 20 nibwo gereza ya (…)

Ethiopia igiye gufungura imfungwa ibihumbi 10 kubera igitutu cy’ amahanga

Leta ya Ethiopia yatangaje ko igiye kurekura imfungwa zigera ku bihumbi 10 zifunze kuva (…)

EAC : Ibihugu bitarasinya amasezerano ya EPA bishobora guhagarikirwa inkunga

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ushobora guhagarika inkunga wageneraga ibihugu byo mu (…)

2016, Rubavu hafatiwe imodoka 22 na moto 12 bitwaye magendu

Polisi y’u Rwanda itangaza ko muri uyu mwaka wa 2016 mu karere ka Rubavu hafashwe imodoka 22 (…)

Mu Rwanda hatahuwe ko hafi 1/2 mu baforomo n’ ababyaza ari baringa

Mu baforomo n’ ababyaza ibuhumbi 15 bari mu Rwanda, abagera ku bihumbi 7 ntabwo bakora uyu (…)

Umuryango w’ umwana watewe inda na musaza we wahawe inzu

Mu murenge wa Gacurabwenge w’ akarere ka Kamonyi, umuryango w’ umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 (…)

Abatwara twegerane barinubira amafaranga bacibwa batazi impamvu yayo

Abatwara abantu n’ibyabo mu modoka zizwi nka ‘twegerane’ bibumbiye mu mpuzamakoperative ya RFTC, (…)

Nyamasheke: Umugabo w’ imyaka 30 yishwe atewe icyuma mu misaya no mu mutima

Umugabo witwa Sibobugingo Eric w’imyaka 30 wari utuye mu mudugudu wa Gitwa, akagari ka Rugali,mu (…)