skol

Mu Rwanda

Gakenke: Inzu y’ababyeyi ya Rutake yarinze ababyeyi kubyarira mu nzira no mu ngo

Ababyeyi bamaze gusezera ku ngendo ndende bakoraga bajya kubyarira kwa muganga, nyuma y’uko ku (…)

Abadepite basabye ko ibibazo biri muri serivisi z’irangamimerere byaba byakemutse mu mezi atatu

Nyuma y’ingendo Abadepite bakoze kuva tariki 28 Gicurasi kugeza ku ya 4 Kamena 2025 mu Turere (…)

Kigali: Umugore akurikiranyweho gukura amenyo umwana we amukubise umwuko amuhoye 200Frw

Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, akurikiranyweho guhoza (…)

Ahakeneye imbaraga ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda bigatera imbere

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi,(MINAGRI) yagaragaje ko umwuga w’ubuhinzi n’ubworozi ukeneye (…)

Abarenga 100 bari munsi y’imyaka 20 bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mezi atandatu, imaze guta muri yombi abantu 778 (…)

Minisitiri Nduhungire yakuyeho urujijo ku badasobanukiwe ibigiye gusinywa hagati y’u Rwanda na DRCongo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko (…)

Abatinda kwishyura amazi bazajya bacibwa inyongera ya 5%, abanze bashyirwe muri ‘CRB’

Umuyobozi Mukuru wa WASAC Group, Prof. Munyaneza Omar, yatangaje ko bamaze kwemeza ko umuntu (…)

Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet

Umujyi wa Kigali watangaje ko urubyiruko rugera kuri 700 rwabonye akazi umwaka ushize wa 2024, (…)

Rusizi: Gitifu uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura, Banyangiriki Alphonse yatawe muri yombi nyuma (…)

U Rwanda ruzakira inama yiga ku ngufu za Nikeleyeri muri Afurika

Abashakashatsi muri siyansi, abayobozi mu nzego nkuru za Guverinoma ndetse n’Abaminisitiri (…)

’Kuki mukomeza gukodesha kandi hari inzu za Leta zidakorerwamo?’ - PAC kuri RHA

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (…)

Rubavu: PSF yanenze abikorera bishe abari abakiriya babo

Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi (…)

Amayobera ku cyateye inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ikimoteri cy’i Huye ikamara umwanya munini

Ububiko bwa Kompanyi ikusanya ibishingwe bigarwamo ibindi bikoresho, buherereye mu Murenge wa (…)

Uko Polisi y’u Rwanda yazamuye urwego rw’amahugurwa mu kubaka ubushobozi mu myaka 25

Mu gihe Polisi y’u Rwanda yizihiza imyaka 25 imaze ishinzwe kuva mu 2000, nk’urwego rushinzwe (…)