skol

Mu Rwanda

Ingengo y’imari ya 2025/2026 ingana na miliyari 7 032,5 Frw yemejwe

Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ry’ingengo (…)

Perezida Kagame yakiriye Adesina usoje inshingano zo kuyobora BAD

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Dr. Akinwumi Adesina uri gusoza manda ye ku (…)

Umuyobozi akwiye guhangayikishwa n’abafite ibibazo byo mu mutwe- Dr Kalinda

Perezida wa Sena Dr Kalinda Francois Xavier yagaragaje ko buri muyobozi wese akwiye (…)

Abasore babiri barashinjwa gukebesha mugenzi wabo urwembe

MUHANGA: Ishimwe Jean Paul n’Umubyeyi we barashinja abasore babiri bo mu Karere ka Muhanga (…)

Harumvikana uruhererekane mu kibazo cy’abarenga 150 bakoze imirimo muri Kaminuza y’u Rwanda bakamburwa

Abaturage 150 bavuga ko bamaze imyaka ibiri bambuwe na Kompanyi yabahaye akazi mu kubaka muri (…)

Umujyi wa Kigali uzakoresha arenga miliyari 251 Frw mu kunoza imyubakire mu 2025/2026

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye kubaka inzu hirya no hino hagamijwe kugera ku (…)

Umutangamakuru yashinje Béatrice Munyenyezi kwica umubikira

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri i (…)

RDB igiye gushyira ’One Stop Center’ mu buryo bw’ikoranabuhanga

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko urubuga rutangirwamo serivisi zitandukanye (…)

Guverinoma yasubije abakomeje kuzamura amakuru y’ibihuha

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yasabye abantu kudaha agaciro amakuru (…)

Musanze: Gashaki umugabo yatoraguwe ku muhanda yapfuye, hakekwa ubusinzi

Mu Karere Musanze, Umurenge wa Gashaki, Akagari ka Kigabiro, Umudugudu wa Buzoza mu Karere ka (…)

Rubavu: Umusore w’imyaka 18 yafashwe ageragezaga gutoroka nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka itatu

Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Rubavu yafunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itatu, (…)

Nyamagabe: Umukozi w’Umurenge wa Nkomane akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside

Umukozi w’Umurenge wa Nkomane, ushinzwe Imibereho myiza y’abaturege, ufite imyaka 60 y’amavuko, (…)

Gakenke: Umushinga wo kubaka gare wadindijwe na rwiyemezamirimo

Abaturage ndetse n’abatwara ibinyabiziga bakorera ahazwi nk’ahateganyirijwe kubakwa gare ya (…)

Ngororero: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

Abagenzi 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya minibisi RAB 579H, yavaga mu isantere ya Kabaya (…)

Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr. Patrice Mugenzi, yasabye abanyamadini kugendera kure (…)