skol

Mu Rwanda

Abadipolomate bavuze imyato umusaruro wa VUP mu Rwanda

Abadipolomate bahagarariye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), u Budage na Suwede bavuze imyato Gahunda (…)

Kigali: Abatujwe mu Mudugudu wa Mpazi baruhutse kwikanga inzu zibagwaho

Abatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri mu Murenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, (…)

Mu karere ka Karongi Umusore yishe mugenzi we bapfa telefone

Umusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Karongi yitabye Imana nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe (…)

Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93

Mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gicurasi 2025, polisi yo mu Karere ka (…)

Abadepite bishyurije ibitaro byambuwe asaga miliyari 1.2 Frw

Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta bagaragarije Minisiteri (…)

Kigali: Polisi yataye muri yombi abagabo 2 bakekwaho kwiba ibikoresho by’asaga miliyoni 15 by’umunyamisiri

Polisi y’Umujyi wa Kigali iratangaza ko yataye muri yombi abagabo babiri bo mu kigero cy’imyaka (…)

RISA yagaragaje imbogamizi zikomeje kudindiza umushinga w’indangamuntu y’ikoranabuhanga

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (…)

Musanze: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 5

Ndayambaje Idrisa w’imyaka 23 yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka itanu (…)

RGB yahagaritse itorero rya Pasiteri Julienne Kabanda

Itorero Grace Room Ministries riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda ryambuwe ubuzima gatozi (…)

Huye: Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho guta umwana we mu musarane

Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akekwaho urupfu rw’umwana we (…)

Ntazinda Erasme wari meya wa Nyanza urukiko rwanzuye ko afungurwa

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, (…)

Abagore b’i Rwamagana batangiye kuzibukira ka manyinya: Umusaruro w’irondo rya ba mutima w’urugo

Abagore bo mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bishyiriyeho irondo rikorwa na bo gusa, (…)

Uwavuzweho kuba inshoreke Ya Ntazinda wari meya wa Nyanza ntiyagaragaye mu Rukiko mu baje kumushyigikira

Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku (…)

Moses yagiye gusakwa saa sita z’ijoro yanga gufungura baca urugi

Turahirwa Moses ukurikiranweho ibyaha byo kunywa urumogi, kurufatanwa ndetse no kurutunda, ubwo (…)

Ntazinda Erasme yagejejwe imbere y’urukiko ntiyaburana

Kuri uyu wa 06 Gicurasi 2025, uwahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo, (…)