skol

Mu Rwanda

NISR yatangaje ko umusaruro w’inganda muri Werurwe 2025 wiyongereyeho 5%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’inganda wiyongereyeho 5% (…)

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yakebuye abakoresha badaha abakozi ibiteganwa n’itegeko

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Ambasaderi Christine Nkulikiyinka yibukije abakoresha (…)

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko kugeza ubu nta biganiro (…)

Minisitiri Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimikira bo muri Amerika

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro (…)

Rutsiro: Ukekwaho gusambanya abana babiri ari guhigishwa uruhindu

Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rutsiro ukekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa barimo (…)

Musanze: Basanze umugore yapfiriye ku muhanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Gicurasi 2025, mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Mpenge, Akarere ka (…)

Igwingira mu karere ka Karongi riri mu bituma ikigero cy’ubukene cyiyongera

Umuyobozi w’akarere ka Karongi MUZUNGU Gerald afatanyije n’umuyobozi w’Akarere wungirije (…)

Ingaragu zo mu Rwanda zasabiwe kwemererwa gutwitirwa

Imiryango itari iya Leta yasabye ko abantu bakiri ingaragu bemererwa kugira uruhare ku kororoka (…)

Meya wa Karongi yavuze ko ba Agronome bakwiye kuva mu biro bakegera abahinzi

Umuyobozi wa Akarere ka Karongi MUZUNGU Gerald yavuze ko mu rwego rwo gushaka ibisubizo (…)

Iminsi yo kwishyura amande yo mu muhanda igiye kuba 30

Igihe ntarengwa cyo kwishyura ku muntu waciwe amande yo mu muhanda kubera ikosa yakoze atwaye (…)

NISR, yagaragaje ibintu 10 byahitanye abaturarwanda mu 2024

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko abantu barenga ibihumbi 36 (…)

Ruhango: Menya icyadindije iyubakwa rya Kiliziya nini yo kwa Yezu Nyirimpuhwe

Padiri Jean Marie Vianney Nizeyimana, umuyobozi w’Ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango, avuga (…)

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda rurateganya kugira ibigega byo kuzigama ibikomoka kuri peteroli bifite ubushobozi bwo (…)

Parike ya Nyungwe yabonetsemo uducurama dufite ibyago byo kuzimira

Abashakashatsi babonye uducurama twitwa ‘Rhinolophus hilli’ muri Parike y’Igihugu ya Nyungwe (…)

Impapuro mpeshamwenda BNR iherutse gushyira hanze zaguzwe ku kigero cya 400%

Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ryatangaje ko impapuro mpeshamwenda ziherutse gushyirwa (…)