skol

Mu Rwanda

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko abatuye mu manegeka bari kwimurwa kubera imvura

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, (…)

Umugabo Mukuru w’Ingabo za Ethiopia ari mu ruzinduko rw’iminsi 4 mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia Field Marshal Birhanu Jula, ari mu Rwanda mu ruzinduko (…)

RIB yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi atari agahato ariko ko bikwiye kubahwa na buri wese

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko (…)

Perezida wa Sena yasobanuye ko kwibuka abanyapolitiki ari ukwibuka amateka yoretse u Rwanda

Dr Kalinda François Xavier (hagati) hamwe n’abandi bayobozi bakuru mu gusoza icyumweru cy’icyunamo

Ibyaranze tariki ya 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi umunsi Karamira Froduald avuga ko kwica abatutsi bireba buri wese

Ku munsi nk’uyu w’italiki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha (…)

Rudahigwa yatanze amafaranga ngo bamuhe umugogo wa Musinga, barayarya: Ubundi buhemu bw’u Bubiligi

Umunyamateka akaba n’umwanditsi, Lt. Col. (Rtd) Nyirimanzi Gerard, yahishuye uburyo nyuma yo (…)

Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko kuva mu ijoro ryo kuwa 11 kugeza (…)

Minisitiri wa Siporo avuga ko Jenoside nta muntu ukwiye kuyijyaho impaka

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagaragaje ko u Rwanda rufite ibimenyetso by’uko (…)

Kwibuka 31: Dr. Bizimana yagarutse ku bugome bw’uwari Burugumesitiri wa Komini Murambi

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Bizimana Jean Damascene, (…)

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko kwibuka ari intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda

Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri yavuze ko Kwibuka (…)

Musenyeri Vincent Barugahare yapfuye ku myaka 77

Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 (…)