skol

Mu Rwanda

Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Ilayidi, basabwa kwirinda icyahungabanya umutekano

Abayisilamu bo mu Rwanda kimwe n’abo ku Isi yose basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, aho bari (…)

Perezida Paul Kagame yavuze ko RIB yateye intambwe igaragara mu kugenza ibyaha

Kuri uyu wa 28 werurwe 2025 muri Village Urugwiro perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame (…)

Rwamagana: Baratabariza umukobwa bivugwa ko yakubiswe n’umugore w’umucuruzi uvugwaho kwigamba kumugura

Abatuye mu Kagari ka Sasabirago, mu Karere ka Rwamagana, barasabira ubutabera umukobwa uvuga ko (…)

U Rwanda rwatangajwe n’amagambo yavuzwe na Perezida Ndayishimiye

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo,u Rwanda rwatangajwe n’imvugo ya Perezida w’u (…)

Umubiri wa Jean Lambert Gatare wagejejwe mu Rwanda

Umubiri wa Jean Lambert Gatare uherutse kwitaba Imana aguye mu Buhinde, wagejejwe mu Rwanda mu (…)

Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Bubiligi bugifite umutima winangiye ku Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kuva u Rwanda (…)

Umujyi wa Kigali washyizeho imodoka n’amatike by’ubuntu ku bashaka gushyigikira Amavubi

Umujyi wa Kigali watangaje ko hari imodoka zatunganijwe kugira ngo zifashe abaturage kugera kuri (…)

Gicumbi: Umukobwa w’imyaka 22 arashinjwa kubyara umwana akamutera icyuma

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Kabiri, itariki 18 Werurwe, bwaregeye (…)

Kigali: Polisi yarashe umukozi wo mu rugo wishe mugenzi we

Kuri uyu wa Gatandatu mu rukerera, umukozi wo mu rugo witwa Niyonita Eric yishe mugenzi we (…)

RURA yatangaje impamvu internet yo muri bisi yahagaritswe

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwahagaritse by’agateganyo gahunda yo gukwirakwiza (…)

Safari Christine wayoboraga Ibuka-Hollande yitabye Imana

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Safari (…)

Huye: Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bw’umunyeshuri uregwa gusambanya mugenzi we

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwatesheje agaciro ubusabe bw’umunyeshuri ukurikiranyweho (…)

I NYANZA : UMUSORE YAGIYE KWIBA AHASIGA UBUZIMA

Umusore wo mu karere ka Nyanza witwa Harerimana Jean Claude uzwi cyane nka Kiryabarezi (…)

RCS yungutse abakozi bashya basaga 500

Kuri uyu wa Mbere,itariki 24 Gashyantare 2025, Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora, RCS, (…)

Kenya, u Rwanda, Sudani y’Epfo, na Uganda bateraniye i Kigali mu nama yo guhuriza hamwe ubwirinzi

Kuri uyu wa Kane, itariki 20 Gashyantare 2025, ibihugu bigize Umuryango w’ibikorwa byo guhuza (…)