skol

Mu Rwanda

Kigali yaje mu migi 10 ya mbere ikunzwe cyane muri Afurika muri 2024

Umurwa Mukuru w’u Rwanda, Kigali, waje ku mwanya wa gatanu mu Mijyi ikunzwe cyane muri Afurika (…)

Hatanzwe ikiruhuko ku minsi izaberaho amatora mu Rwanda

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko tariki ya 15 n’iya 16 Nyakanga 2024, ari (…)

Ibitaravuzwe ku gitero cya FARDC na FDLR ku Rwanda cyaburijwemo na M23

Mbere gato y’uko u Rwanda rwakira Inama y’Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma z’ibihugu (…)

Perezida Kagame yahishuye uko yanze ko we na Rwigema bafungwa na Uganda akava mu kwezi kwa buki igitaraganya

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahishuye ko Leta ya Uganda yashatse kuburizamo (…)

Perezida Kagame yavuze ku bihe yasanzemo RPA nyuma y’urupfu rwa Rwigema

Perezida Paul Kagame yavuze ko nyuma y’urupfu rwa Gen. Maj. Fred Rwigema wari uyoboye Ingabo (…)

Perezida Kagame yagarutse ku rugamba rwo kubohora igihugu n’aho RPA na RPF bakuye icyizere n’imbaraga byo kurutsinda

Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ku (…)

Nyuma y’urugendo rutoroshye harimo no kwirukanwa muri Rayon Sports ubu ni umukinnyi w’Amavubi. Byinshi kuri Gitego Arthur

Kuri ubu Gitego Arthur akinira ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya iri mu makipe akomeye muri (…)

Ngororero: Inkuba yakubise abantu batanu barapfa

Mu Karere ka ngororero , inkuba yishe abantu batanu bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanda, (…)

Kayonza: Paul Kagame yongeye gusobanura icyo gutora FPR n’umukandida wayo bivuze

Ubwo Paul Kagame yimamarizaga i Kayonza kuri iki Cyumweru yavuze ko Kuyobora Abanyarwanda na FPR (…)

Dr. Frank Habineza yavuze uburyo azaca icyo yita umuco wo gufungwa ku maherere

Umukandida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR yemeje ko (…)

Polisi y’u Rwanda yasubije abayishinja gushakira amafaranga menshi muri Camera zo ku mihanda aho gufasha abagenzi

Hashize imyaka 5 Camera zo ku mihanda zahawe akabyiniriro ka Sofia zitangiye gukoreshwa ngo (…)

Ba rwiyemezamirimo bacunga za Postes de sante barataka igihombo

Imicungire itanoze y’amavuliro y’ibanze yegerejwe abaturage (Postes de Santé), kwishyurwa nabi, (…)

Gakenke: Inzu zirindwi zarigise izindi 19 zimurwamo abantu igitaraganya

Gakenke – Ku gicamunsi cyo ku wa 06 Gicurasi 2024, mu Murenge wa Mugunga Akarere ka Gakenke (…)

Muhima: Kugera mu rugo birasaba urwego. Abaturage bakomeje kwinubira uwo bavuga ko yabimye inzira igera mu ngo zabo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muhima, mu Mudugudu w’Intiganda, mu karere ka Nyarugenge, (…)

Nyanza: Umusore yasanzwe yapfuye iruhande rwe hari igiti

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana, mu kagari ka Kavumu, mu Mudugudu wa Nyagatovu hari (…)