skol

Mu Rwanda

Cathédrale ya St Michel igiye kubakwa ahahoze Gereza 1930 izajya yakira abantu ibihumbi 20 - AMAFOTO

Arkidiyosezi ya Kigali yashyize ahagaragara Igishushanyo Mbonera cya Cathédrale Saint Michel (…)

Abakuru b’ibihugu barenga 20 bamaze kwemeza kuzitabira irahira rya Perezida Kagame

Abakuru b’ibihugu barenga 20 biganjemo aba hano ku mugabane wa Afurika, bategerejwe i Kigali aho (…)

Abasirikare 272 b’Abarundi bafunzwe bazira kwanga kurwana na M23 bagiye kujurira

Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi aravuga ko abasirikare bagera kuri 172 bafunzwe (…)

Imirimo yo kuvugurura Gare ya Nyabugogo izatwara asaga miliyari 100 izatangira mu 2025

Kuvugurura Gare ya Nyabugogo biteganijwe gutangira mu 2025 bikazarangira mu 2027 bitwaye (…)

Gakenke: Abantu 2 bishwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro

Abantu babiri bo mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke, bishwe na gazi yo mu Kirombe (…)

Imiterere ya Cathédrale ya St Michel igiye kubakwa ahahoze Gereza ya 1930

Arkidiyosezi ya Kigali yashyize ahagaragara Igishushanyo Mbonera cya Cathédrale Saint Michel (…)

Umwongereza yatuburiwe miliyoni 140 Frw n’umukobwa witwa ‘Anita’ bakundanye, akamwoherereza amafoto arimo ay’i Kigali

Umusaza w’imyaka 69 w’Umwongereza witwa Rodrick Lodge ari kurira ayo kwarika nyuma yo guhonga (…)

Habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yari itwaye lisansi n’iyari itwaye inyanya

Kuri uyu wa 3 tariki ya 7 Kanama 2024, mu karere ka Huye mu Murenge wa Maraba aho bita mu (…)

Amakuru mashya: Abahanzi baherutse kugabirwa na Perezida Kagame bari mu byishimo bikomeye - Amafoto

Ukwezi gushize kwa Nyakanga 2024, abahanzi batuye mu karere ka bugesera barimo Thomas Muyombo (…)

Umutoza wa Rayon Sports arifuza rutahizamu w’igikurankota ukomoka muri Uganda

Umutoza wa Rayon Sports, Robertihno akigera muri iyi kipe ya Rayon Sports yatangaje ko iyi kipe (…)

Abanyarwanda barasabwa kudakuka umutima kubera icyorezo cy’ubushita bw’inkende

Inzego zishinzwe ubuzima zasabye abanyarwanda kudakuka umutima, kuko u Rwanda rwashyizeho uburyo (…)

Kayonza: Urubyiruko rwakoze akarima k’igikoni kimukanwa kitezweho kwihaza ku mboga

Urubyiruko rwo mu Karere ka Kayonza rwarangije amashuri yisumbuye, rwatekereje uko abantu (…)

Pasiteri Rutayisire yemeye ko yakoresheje imvugo itaboneye ku ifungwa ry’insengero

Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yemeye ko ubwo yavugaga ku kibazo cy’insengero zimaze iminsi (…)

Bugesera: Hagaragaye abarwayi Babiri banduye ubushita bw’inkende

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi (…)

Nyarugenge: Abana 2 bavukana bateye icyuma undi mwana mugenzi wabo arapfa

Abana babiri b’abahungu basanzwe ari abavandimwe , uw’imyaka 12 n’uwa 16, bo mu karere ka (…)