skol

Mu Rwanda

Zimbabwe yavuze ku makuru avuga ko yaburijemo umugambi wa Tshisekedi wo kwivugana Kabila

Leta ya Zimbabwe yahakanye amakuru yavuzwe mu cyumweru gishize y’uko yaba yaraburijemo umugambi (…)

Israel yagabye igitero cy’indege 100 muri Liban aho ivuga ko yasenye ibisasu 1000 bya Hezbollah

Igisirikare cya Israel cyavuze ko indege zacyo z’intambara zagabye igitero ku bihumbi by’imbunda (…)

Sandrine Isheja wakoreraga Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije muri RBA

Isheja Sandrine Butera wari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije (…)

METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize

Imvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye (…)

MINISANTE yatanze impuruza ku cyorezo cya Mpox(Ubushita bw’inkende)

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko bari gukorana n’izindi nzego zose mu (…)

MIFOTRA yatangaje ko hari umushinga wo kuvugurura umushahara fatizo inasobanurira abumva ko umushara uzazamuka

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko umushahara fatizo mushya uri kwigwaho (…)

Icyizere cy’ibiganiro hagati y’Uburusiya na Ukraine cyayoyotse

Abayobozi mu Burusiya baravuga ko ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya byahanuye (…)

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola

Ibihugu by’u Rwanda na Congo bikomeje gushakisha icyatuma umubano wabyo usubirana nyuma yo (…)

Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi

Umujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu (…)

Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda ’RURA’, rwashyize ahagaragara amabwiriza agamije gukumira (…)

NESA yatangaje igihe amashuri azafungurira hamwe n’itangazwa ry’amanota ya 2023/2024

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama 2024, nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutegura Ibizamini (…)

RIB yatangiye guhiga abayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bwo kwiba abakoresha MOMO

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruri gushakisha abantu bamaze iminsi (…)

Ingabire Pascaline wamenyekanye nka ’Samantha’ muri Cinema yibarutse umuhungu

Ingabire Pascaline wamamaye nka Samantha cyangwa Teta muri Sinema Nyarwanda, ari mu byishimo byo (…)

U Rwanda ruzakoresha Miliyari 580Frw mu bikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe mu mwaka w’ingengo y’imari 2024/2025

Miliyari 580 Frw zigiye gukoreshwa mu kubungabunga ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire (…)

Gisagara: Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’umugore we

Dr Pascal Ngiruwonsanga, Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara yatawe muri (…)