skol

Mu Rwanda

Perezida Kagame yagiriye inama abarahiriye kwinjira muri Guverinoma

Perezida Kagame yagiriye inama abinjiye muri Guverinoma y’u Rwanda bashya ko bakwiye kujya (…)

Perezida Kagame yavuze ko kutagaruka muri Guverinoma bidasobanuye kwirukanwa

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama yakiriye indahiro y’Abaminisitiri (…)

Umugabo ukekwaho kuriganya Abanyarwanda miliyari zirenga 12 Frw agiye kuburanishwa

Umuyobozi w’Ikigo “gitanga serivisi z’ivunjisha rikorerwa kuri internet” cya Billion Traders FX, (…)

Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo gukora ubwato

Urwego rw’Igihugu rushinzwe guteza imbere amashuri ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB) (…)

APR FC ntibyayigendekeye neza imbere ya Azam FC

Penaliti y’Umunya- Colombia Jhonier Blanco, yahaye intsinzi ikipe ya AZAM ku mukino ubanza wa (…)

Umuceri wari waraheze ku mbuga mu Bugarama ugiye kugurwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko umuceri wo mu Kibaya cya Bugarama wari warabuze (…)

Amavubi: Ikipe y’agateganyo izahangana na Libya an Nigeria yahamagawe

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi b’agateganyo (…)

Rusizi: Muri Toni zirenga 7000 z’umuceri bejeje, bamaze kugurisha 2600 gusa

Abahinzi b’umuceri mu Karere ka Rusizi, bavuga ko bamaze kugurisha toni 2600 gusa muri Toni (…)

RDF iri kwandika abifuza kujya mu gisirikare ku rwego rw’Inkeragutabara

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko gusaba kwinjira mu ngabo z’inkeragutabara, rimwe mu (…)

Rutsiro: Hari abaturage bavuga ko bamaze imyaka 5 badatera akabariro kubera inzu bimuriwemo bakurwa muri nyakatsi

Mu karere ka Rutsiro hari abaturage bavuga ko ubuzima bwo kubana ari abagabo barenze umwe mu nzu (…)

Bimwe mubyo twakwibukiraho Dr. NGIRENTE kuri Manda ya 2017-2024 yatangiye bitamworoheye

Bimwe mubyo twakwibukiraho Dr. NGIRENTE kuri Manda ya 2017-2024 yatangiye bitamworoheye

Perezida Kagame yasubije abamusaba kuvana ingabo z’u Rwanda muri Congo

Perezida Paul Kagame yabwiye abamaze igihe bamusaba kuvana Ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa (…)

Perezida Kagame yateguje gusoresha insengero

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko kuba insengero zimwe zifungura ku bwinshi, zijyaho (…)

Hon. Kazarwa Gertrude yatorewe kuyobora inteko Ishinga amategeko umutwe w’abadepite

Perezida Paul Kagame nyuma yo kurahiza Minisitiri w’Intebe, yarahije Abadepite na bo bitoramo (…)