skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Révérien Ndikuriyo yongeye gutorerwa kuba umunyamabanga wa CNDD-FDD

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ryatoye Reverien Ndikuriyo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru waryo muri manda y’imyaka itanu.
26 January 2026 Yasuwe: 458 0

Hasabwe ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahinduka hagashakwa indi irimo no gushinjura

Umwe mu banyeshuri b’amategeko mu Ishuri Rikuru ryo Kwigisha no Guteza Imbere Amategeko (ILPD) yashyize hanze inyandiko isaba ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahindurwa hagashakwa irindi jambo ririmo no...
26 January 2026 Yasuwe: 393 0

Venezuela yarekuye imfungwa za politiki zirenga 100

Venezuela yarekuye imfungwa za politiki 104, zirimo abanyeshuri n’abanyamategeko nkuko byatangajwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Foro Penal ukorera i Caracas, mu murwa mukuru.
26 January 2026 Yasuwe: 363 0

Uvira: Umuturage yabwiye FARDC ko arambiwe ‘Repli Stratégique’ itagira iherezo

Umubyeyi utuye mu Mujyi wa Uvira, Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje we na bagenzi we barambiwe ‘Repli Stratégique’ y’ingabo z’iki...
26 January 2026 Yasuwe: 617 0

Israel yatangiye ibikorwa byo gushaka imwe mu mbohe zaburiye muri Gaza

Guverinoma ya Israel yatangiye ibikorwa bya gisirikare muri Gaza bigamije gushakisha imbohe yasigaye muri Gaza kugira ngo habe habaho gukora ibikurikiye mu masezerano y’agahenge.
26 January 2026 Yasuwe: 299 0

Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 7,2% mu 2026

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, cyashyize u Rwanda mu bihugu byitezweho kugira ubukungu buzazamuka cyane mu 2026, kuko byitezwe ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uziyongera ku kigero cya 7,2%.
24 January 2026 Yasuwe: 317 0

Ingabo za Amerika ziri gusuzuma uko zakorana n’iza RDC

Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uko zakorana n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
24 January 2026 Yasuwe: 1204 0

Abaganga b’u Bushinwa bamaze kuvura Abanyarwanda ibihumbi 730

Umuyobozi Ushinzwe serivisi z’Ubuvuzi mu Ntara ya Inner Mongolia, imaze imyaka 45 yohereza abaganga b’Abashinwa mu Rwanda, yatangaje ko kuva mu 1982, iyi Ntara yohereje mu Rwanda amatsinda 26...
24 January 2026 Yasuwe: 302 0

Umukobwa wa Mandela yatsinze urubanza rwo kugurisha imitungo ya Se

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Afurika y’Epfo rwatesheje agaciro ubujurire bw’Ingoro Ndangamurage yo muri iki gihugu yari yasabye ko umukobwa wa Mandela ahagarika ibikorwa byo kugurisha ibikoresho...
24 January 2026 Yasuwe: 540 0

Rulindo: Habonetse imibiri 173 y’abazize Jenoside yakorewe abatutsi

Mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Rulindo habonetse imibiri 173 y’Abatutsi bazize Jenoside mu 1994
23 January 2026 Yasuwe: 657 0