Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteze inyungu mu Nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu, (WEF:World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi, binyuze mu biganiro n’abayobozi batandukanye ku...
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yavuze ko atazigera atanga ikirego mu Rukiko avuguruza ibyavuye mu matora
yo kuwa 15 mutarama 2026 , avuga ko adafite icyizere ku...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko cyongeye kugenzura umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko AFC/M23 yari imaze igihe iwugenzura...
Ingabo z’igisirikare cya Nigeria zatangaje ko zatsinze imwe mu mitwe yitwaje intwaro yakoreraga mu birindiro byayo biherereye mu gace ka Timbuktu mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria.
Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko abafata icyemezo cyo gushyingiranwa biyongereyeho 8,5% mu mezi icyenda ya mbere ya 2025, binatanga icyizere ku bacuruza imyenda y’abageni.
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika Papa Leo XIV, yasabye amahanga n’abakirisitu batuye Isi gukomeza gusabira no gutanga ubufasha ku baturage bo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Norvège, Jonas Gahr Stoere, ko kuva ubu yumva atagitegetswe guhora atekereza ku mahoro, kuko atahawe igihembo...
Inzego z’ubuyobozi muri Pakistan zatangaje ko mu mpanuka y’inkongi y’umuriro yabereye mu mujyi wa Karachi yahitanye abarenga 19 mu gihe abandi barenga 65 bagishakishwa.
U Burundi, igihugu kiri mu bikennye kurusha ibindi ku Isi, bwageze aharindimuka. Nubwo muri Kamena 2020 ubwo Perezida Évariste Ndayishimiye yajyaga ku butegetsi hari icyizere ko hari ibigiye...