skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Miss Nishimwe Naonie yemeye kwambara impeta y’umukunzi we

Nyampinga w’u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomie yambitswe impeta na Michael Tesfay bamaze igihe bakundana, ndetse batangiye urugendo rwo kwitegura ubukwe bwabo.
2 January 2024 Yasuwe: 1400 0

Perezida Putin yiyemeje kongera imbaraga mu bitero kuri Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yiyemeje "kongera imbaraga" mu ntambara ye kuri Ukraine,nyuma y’iminsi yaranzwe n’ibitero byo mu kirere ku mpande zombi muri iyi ntambara ndende.
2 January 2024 Yasuwe: 870 0

Burundi: Polisi yafashe abarimo ukorera iperereza bagiye kwiba bitwaje intwaro

Uvugwa ko ari umukozi w’iperereza uzwi cyane ku izina rya Rama na bagenzi be baheruka gufatwa aho bari bagiye kwiba mu cyanya cyahariwe ubucuruzi [Quartier_Industriel] aho bita Ku kigabiro bitwaje...
1 January 2024 Yasuwe: 2546 0

Leta y’Ubuyapani yasabye abaturage guhungira mu misozi vuba na bwangu

Ubuyapani bwatanze umuburo ko hashobora kwaduka Tsunami ikomeye nyuma y’umutingito w’igipimo cya 7.6 watigishije igice cyo hagati mu gihugu.
1 January 2024 Yasuwe: 3284 0

Abaturage bishe abajura babibaga amatungo barangije barabatwika

Kuwa Gatandatu, abantu babiri bakekwaho kuba abajura b’amatungo bishwe, imirambo yabo itwikwa n’abaturage bo mu mudugudu wa Gakonya mu gace ka Kiharu, mu ntara ya Murang’a muri Kenya.
1 January 2024 Yasuwe: 4078 0

U Rwanda na Burundi baba bagiye gushwana bapfa RD Congo ?

Perezida w’u Burundi n’uw’u Rwanda batangaje amagambo akomeye mu butumwa bwabo busoza umwaka ku benegihugu,baca amarenga ko 2024 ushobora kuba umwaka utoroshye mu mubano.
1 January 2024 Yasuwe: 5168 0

Perezida Kagame yahaye ubutumwa abifuza gushwanyaguza u Rwanda

Perezida Kagame yavuze ko nta hantu habi u Rwanda rutageze bityo utegura guhungabanya umutekano warwo akarushwanyaguza ariwe bizabaho.
1 January 2024 Yasuwe: 1305 0

Abakinnyi ba Arsenal bagaragaye bashwanira mu kibuga mbere yo gutsindwa na Fulham

Umukinnyi mushya wa Arsenal,Declan Rice,yarakajwe no gutsindwa ibitego 2-1 na Fulham mu mukino wa nyuma wa shampiyona w’umwaka wa 2023 aho yavuze ko iyi kipe " yatengushye abafana".
1 January 2024 Yasuwe: 1799 0

Ibyaranze umunsi wa nyuma wa 2023 [AMAFOTO]

Abaturage benshi bo mu Mujyi wa Kigali n’ahandi mu Rwanda binjiye mu mwaka mushya wa 2024 bari mu nsengero abandi bari mu bitaramo bitandukanye ndetse benshi bari bateraniye kuri Kigali Convention...
1 January 2024 Yasuwe: 1134 0

U Burundi bushobora kongera gufunga umupaka wabwo n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu cye kitabanye neza n’u Rwanda ngo kuko rucumbikiye abo yise“Abicanyi” bahekura igihugu cye,aribo Red TABARA.
31 December 2023 Yasuwe: 2492 1