skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Real Madrid yongeye kugarukana imbaraga muri dosiye ya Mbappe

Ikipe ya Real Madrid irateganya kuvugana na Kylian Mbappe mu cyumweru cya mbere cya Mutarama kugira ngo imenye niba agishaka kuyisinyira cyane ko ku ya 30 Kamena amasezerano ye na PSG azaba arangiye.
30 December 2023 Yasuwe: 1480 0

Kamonyi habereye impanuka ebyiri zikurikiranyije zaguyemo abantu batanu

Abantu 5 byamenyekanye ko aribo baguye mu mpanuka y’imodoka yaraye ibereye i Kamonyi aho ikamyo ya Howo yagonze izindi modoka.
30 December 2023 Yasuwe: 3831 0

Pep Guardiola yagiriye inama ikomeye abakinnyi be nyuma y’akaga Grealish yahuye nako

Umutoza wa Man City, Pep Guardiola, yabwiye abakinnyi be bakize ko bahora barebwa ku mbuga nkoranyambaga - bityo “ko abagizi ba nabi babazi neza”.
30 December 2023 Yasuwe: 2438 0

Perezida Ndayishimiye akomeje kunengwa na benshi kubera amagambo yabwiye Abarundi bashonje

Perezida w’u Burundi,Evariste Ndayishimiye aherutse kubwira abavuga ko ibiribwa bihenze ko bakura amaboko mu mufuka bagakora kuko ngo we iwe ibigega byuzuye atamenya ko inzara ihari.
30 December 2023 Yasuwe: 3636 0

M23 yahanuye indi drone ya FARDC yarimo kuneka

Umutwe wa M23 watangaje ko wahanuye indi drone y’iperereza y’Ingabo za FARDC nabo bakorana barimo FDLR,Wazalendo n’abandi.
30 December 2023 Yasuwe: 3672 0

Guverinoma y’u Rwanda yasubije Perezida Ndayishimiye warushinje gufasha Red Tabara

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyatangajwe na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ashinja u Rwanda gutera inkunga imitwe irwanya Leta y’u Burundi ikorera mu Burasirazuba bwa DRC. U Rwanda...
30 December 2023 Yasuwe: 1978 0

Red TABARA yanyomoje Perezida Ndayishimiye wavuze ko iterwa inkunga n’U Rwanda

Umutwe wa RED Tabara urwanya Leta y’u Burundi, wamaganiye kure amakuru yatangajwe na Perezida w’iki gihugu, Evariste Ndayishimiye, ko ufashwa n’u Rwanda.
29 December 2023 Yasuwe: 1850 0

Chairman wa APR yavuze ku kibazo cya Ombolenga n’icyo Mapinduzi Cup izabamarira

Chairman wa APR,Col.Richard Karasira yavuze ko mu banyamahanga bane bazanye bazakuramo babiri gusa ndetse ko hari bamwe mu bakinnyi batagiye muri Mapinduzi Cup kubera ko basabye kongererwa iminsi...
29 December 2023 Yasuwe: 1850 0

Umusifuzi w’umugore ukurura abagabo kurusha abandi ku isi yongeye guca ibintu [AMAFOTO]

Umusifuzi witwa Claudia Romani yakomeje mu mwuka wa Noheri,ashyira hanze amafoto ashotorana mu rwego rwo gukusanyaga amafaranga yo gufasha injangwe zitagira aho kuba.
29 December 2023 Yasuwe: 4032 0

APR FC yakoze igikorwa cy’urukundo mbere yo kwerekeza muri Mapinduzi Cup 2024

Ikipe ya APR FC yasuye abarwayi barwariye mu bitaro bya Muhima,isangira nabo,inabifuriza umwaka mushya muhire wa 2024.
29 December 2023 Yasuwe: 955 0