skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

MINICOM yahishuye ingamba leta yafashe mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro muri 2024

Minisitiri w’ubucuruzi n’Inganda [MINICOM],Dr Ngabitsinze Jean Chrysostomeyavuze ko ikibazo cy’itumbagira ry’ibiciro cyagarutsweho cyane muri 2023, ariko hari icyizere ko muri 2024 ibiciro...
27 December 2023 Yasuwe: 1341 0

"Abakinnyi baramenyeranye,umusaruro uzikuba nka kabiri"-Umwe mu bayobozi ba APR FC

Ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe ya APR FC,Team manager, Ntazinda Eric yagarutse kuri byinshi bivugwa kuri iyi kipe, avuga ku mikino ibanza ya shampiyona, imyiteguro ya Mapinduzi Cup,...
27 December 2023 Yasuwe: 933 0

Félix Tshisekedi akomeje kwanikira abo bahanganye mu matora

Komisiyo y’amatora ya DR Congo iragenda itangaza ibyavuye ku masantere y’itora atandukanye mu gihugu uko biboneka.
27 December 2023 Yasuwe: 1521 0

RDC: Abakandida batanu bateguye imyigaragambyo ikomeye ...Leta “yafashe ingamba ziboneka n’izitaboneka”

Abakandida perezida batanu bahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu muri DR Congo bahamagariye imyigaragambyo kuri uyu wa gatatu yo kwamagana “amatora y’uburiganya” ndetse n’ibizayavamo kugeza ubu...
27 December 2023 Yasuwe: 1169 0

Hamas ivuga ko abantu 241 bishwe na Israel mu masaha 24 muri Gaza

Minisiteri y’Ubuzima mu butegetsi bwa Hamas muri Gaza ivuga ko abantu nibura 241 bishwe mu masaha 24 ashize, mu gihe ibitero bya gisirikare bya Israel bikomeje muri ako gace.
27 December 2023 Yasuwe: 699 0

Indirimbo ya The Ben yasubiye kuri You Tube nyuma yo kwishyura uwareze

Indirimbo Ni Forever y’umuhanzi The Ben yari yakuwe kuri YouTube irezwe na Drone Skyline Ltd, yamaze kuhagaruka nyuma y’aho uyu muhanzi yishyuye uwamwishyuzaga.
26 December 2023 Yasuwe: 2311 0

"Turiteguye. Kandi n’ubusanzwe duhora twiteguye"-Umuvugizi wa RDF asubiza ku ntambara Tshisekedi akangisha

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, amaze...
26 December 2023 Yasuwe: 2357 2

Kenyatta wahoze ari Perezida yatunguye abari mu rusengero abaha noheri

Uwahoze ari Perezida wa Kenya,Uhuru Kenyatta yatunguye abasengera mu rusengero rwa JCM, Ruiru abaha impano ya Noheri hakiri kare.
26 December 2023 Yasuwe: 4507 0

Abakinnyi batatu ba APR FC bavuye mu Busuwisi gushinja umutoza Adil Mohamed

Abakinnyi batatu b’ikipe ya APR FC barimo Ishimwe Jean Pierre, Ruboneka Bosco na Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka Nzotanga, bagarutse mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu rubanza bari...
26 December 2023 Yasuwe: 2976 0

Burundi: Abaguye mu gitero cy’inyeshyamba i Gatumba bashyinguwe mu marira

Habaye umuhango wo gushyingura abahitanywe n’igitero cyabereye i Gatumba hafi y’umupaka w’Uburundi na Kongo. Imirambo 20 yashyinguwe mu muhango witabiriwe n’abayobozi b’Uburundi.
26 December 2023 Yasuwe: 2421 0