skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Israel-Gaza: Netanyahu yarahiriye gukaza urugamba

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,yavuze ko agiye kurushaho gukomeza uruganba rwo kurwanya Hamas mu minsi iri imbere.
26 December 2023 Yasuwe: 1369 0

Umugore yatemye umugabo we amuziza ko atamuhahiye inyama kuri noheli

Umugore mu karere ka Amolatar mu majyaruguru ya Uganda arafunzwe akurikiranweho gutema umugabo we mu mutwe, amuziza ko atamuhahiye inyama kuri Noheli.
26 December 2023 Yasuwe: 4339 1

APR FC yamenye akayabo izahabwa niyegukana Mapinduzi Cup

Abategura irushanwa rya Mapinduzi Cup rigiye kubera muri Zanzibar batangaje ko ikipe izegukana iri rushanwa izahabwa miliyoni 50 Frw naho iya kabiri igahabwa miliyoni 40 Frw.
26 December 2023 Yasuwe: 2797 0

The Ben yavuze ku ndirimbo ye ’Ni Forever’yakuwe kuri You Tube

Nyuma y’uko indirimbo Ni Forever ya The Ben ikuwe kuri YouTube irezwe na Kompanyi ya Drone Skyline Ltd, The Ben yatangaje ko ikipe ye iri gukora ibishoboka byose kugira ngo iyi ndirimbo yongere...
26 December 2023 Yasuwe: 1708 1

FARDC ihanganye cyane na Televiziyo ya Moise Katumbi

Imwe mu nkuru zavuzwe cyane kuva kuri Noheli muri DR Congo ni aho igisirikare cy’igihugu cyavuze ko cyihanije Nyota Television n’ibindi binyamakuru kubera inkuru zo “guhungabanya, guca intege no...
26 December 2023 Yasuwe: 2238 0

Hamenyakanye iturufu yafashije Tshisekedi gutorwa cyane

Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo(Céni) ikomeje gutangaza ibyavuye mu matora ya perezida yo ku ya 20 Ukuboza .
26 December 2023 Yasuwe: 6308 0

FARDC na M23 bananiwe kumvikana ku washoje intambara akica agahenge kasabwe na US

Mu matangazo akomeje gucicikana ku rukuta rwa X, Ingabo za RDC zitwa FARDC zikomeje guterana amagambo na M23 bashinjanya kurenga ku mabwiriza ya US yo guhagarka intambara.
26 December 2023 Yasuwe: 906 0

CENI yatakambiye cyane abaturage ba RDC

Komisiyo yigenga y’amatora muri RDC (CENI) yakomeje kuri uyu wa mbere gutangaza imigendekere y’amatora ya perezida yo ku ya 20 Ukuboza.
26 December 2023 Yasuwe: 3293 0

Isiraheli yishe umusirikare ukomeye wa Irani muri Syria

Umusirikare wo ku rwego rwo hejuru wa Irani yishwe mu gitero cy’indege bikekwa ko cyakozwe na Israel muri Syria, nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bya Irani.
26 December 2023 Yasuwe: 1559 0

Indirimbo nshya ya The Ben yasibwe kuri You Tube imaze iminsi icyenda gusa

Nyuma yo gukora ubukwe, indirimbo Ni Forever ya The Ben yamaze gusibwa ku rubuga rwa YouTube aho yarimo irebwa cyane n’abantu benshi bakunze ubutumwa n’amashusho agize iyi ndirimbo.
25 December 2023 Yasuwe: 2148 0