skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Arteta yavuze ku byo kugura abakinnyi bashya muri Arsenal

Umutoza MIKEL ARTETA avuga ko Arsenal yiteguye kwitaba ku isoko ryo kugura abakinnyi muri Mutarama 2024, nyuma yo kwemeza ko ifite imyanya myinshi ifite icyuho mu ikipe ye.
28 December 2023 Yasuwe: 1644 0

Perezida Museveni n’umuryango we ntibariye Noheli neza

Perezida Museveni yavuze ko we n’umuryango we batagize ibyishimo kuri noheli kuko umufasha we yasanganwe uburwayi bwa Covid-19 bituma ajyanwa mu muhezo.
28 December 2023 Yasuwe: 4677 0

AS Kigali yatangaje umutoza mushya umenyerewe mu Rwanda

Ikipe ya AS Kigali yatangaje ko Umukongomani Guy BUKASA ariwe mutoza mukuru wayo usimbura Casa Mbungo baherukaga gutandukana .
28 December 2023 Yasuwe: 1335 0

Uwatozaga Academy ya Paris Saint-Germain yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’igice

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije Rumanzi David watozaga Academy ya Paris Saint-Germain mu Rwanda n’Umucamanza muri urwo rukiko, Eric Twambajimana, icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano...
28 December 2023 Yasuwe: 1633 0

Ingabo za SADC zamaze kugera muri RDC guhangana na M23

Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo,SADC watangiye kohereza muri RDC ingabozo kuyifasha, aho kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 27 Ukuboza, amagana y’ingabo zikomoka muri Afrika y’epfo zageze i Goma.
28 December 2023 Yasuwe: 4434 0

NESA yashyize hanze gahunda y’uko abanyeshuri bacumbikirwa bazasubira ku ishuri

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje uko gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa ku mashuri iteye.
28 December 2023 Yasuwe: 2499 0

RDC: Tshisekedi amereye nabi abo bahanganye,mu majwi miliyoni 10 afitemo miliyoni 7

Mu ibarura ry’amajwi rikomeje mu matora ya Perezida mri RD Congo,Perezida Tshisekedi ushaka manda ya 2 arayoboye cyane imbere ya Katumbi na Fayulu bari mu bahabwaga amahirwe yo gutsinda.
28 December 2023 Yasuwe: 964 0

Abimuwe mu nzu z’ahazwi nko kwa Dubai basabye ikintu gikomeye Umujyi wa Kigali

Abasabwe kwimuka mu nzu z’ahazwi nko kwa Dubai barasaba Umujyi wa Kigali kuzibasubiza bakazisanira kuko ngo ibyo wabizezaga nta na kimwe kigeze kizikorwaho.
28 December 2023 Yasuwe: 1296 0

Zambia: Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yeguye kubera umurundo w’amafaranga ku meza

Stanley Kakubo wari minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Zambia yeguye kuri uwo mwanya nyuma y’uko bivuzwe ko yafashwe amashusho arimo kwakira umurundo wa cash azihabwa n’umucuruzi w’Umushinwa.
28 December 2023 Yasuwe: 1402 0

AS Kigali igiye kugaruka mu isura nshya izakangaranya abakeba

Perezida w’Icyubahiro wa AS Kigali, Shema Fabrice yatangaje ko mu mikino yo kwishyura ya shampiyona, iyi kipe igomba kwitegwa kuko igiye kongerwamo imbaraga mu rwego rwo kuyisubiza aho yahoze.
28 December 2023 Yasuwe: 501 0