skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umukobwa yahawe igihembo n’umuryango we kubera ko yujuje imyaka 21 atarabyara

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 21,umukobwa yahawe igihembo n’umuryango we kuko ageze kuri iyo myaka atarabyara.
25 December 2023 Yasuwe: 4157 0

Umugabo yateje impaka nyuma yo kugaragara yishimanye n’intare

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje gutungurwa na videwo y’umugabo uri gukina n’intare y’ingore nta bwoba.
25 December 2023 Yasuwe: 3221 0

Umugabo yaciye ibintu nyuma yo gusaba Papa ko yamubera umugore

Umugabo wo muri Malawi yaciye ibintu nyuma yo gushyira hanze amashusho asaba umuyobozi wa kiliziya gatolika ku isi, Papa Francis ko yamubera umugore.
25 December 2023 Yasuwe: 3199 0

Abakinnyi 5 bakomeye umuherwe waguze imigabane muri Man United ashaka guhita agura

Abafana ba Manchester United bahawe impano ya Noheri hakiri kare nyuma y’uko Sir Jim Ratcliffe wari amaze igihe kinini ategerejwe kugura imigabane ingana na 25% abigezeho kuri iki cyumweru.
25 December 2023 Yasuwe: 3457 0

M23 yigambye kwica abasirikare ba FARDC bari bafite indangamuntu z’u Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa ARC-M23 watangaje ko wishe abasirikare bafite ibirango by’u Burundi mu mirwano yabereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC,...
25 December 2023 Yasuwe: 2411 0

Nangaa yibasiye bikomeye Perezida Tshisekedi nyuma yo gushinga umutwe umurwanya

Corneille Nangaa uherutse gushinga umutwe wa Gisirikare wa Alliance Fleuve Congo(AFC) yatangaje ko Tshisekedi kugirango ajye ku butegetsi yabigizemo uruhare anamusaba kwegura hakiri kare kuko ngo...
25 December 2023 Yasuwe: 2516 0

Abakinnyi ba APR FC bizihije Noheli mu buryo bwihariye [AMAFOTO]

Abakinnyi ba APR FC bizihije Noheli mu gihe bakomeje kwitegura Irushanwa rya Mapinduzi Cup bazitabira muri Zanzibar tariki ya 28 Ukuboza- 13 Mutarama 2024.
25 December 2023 Yasuwe: 2065 0

Perezida Tshisekedi ukomeje kwanikira abo bahanganye yakoze igikorwa gitangaje

Perezida Felix Tshisekedi yohereje ingabo zidasanzwe mu gihugu hose cyane cyane mu bice byiganjemo abashyigikiye abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
25 December 2023 Yasuwe: 8468 1

Moïse Katumbi nawe yiyemeje gufatanya n’abandi kwamagana ibyavuye mu matora

Mu gihe Komisiyo yigenga y’amatora muri RDC (CENI) yitegura gutangaza muri iki cyumweru ibyavuye mu matora yo ku ya 20 Ukuboza, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje gukangurira abaturage kwitabira...
25 December 2023 Yasuwe: 1482 0

I ’Betelehemu nta munezero uharangwa – nta Père Noël, nta birori’

I Bethlehem ibintu ntibikimeze uko byari bimeze. Kwizihiza Noheli byahagaritswe uyu mwaka, mu gihe ibihumbi n’ibihumbagiza by’abagenzi n’abajya gusenga bavuye mu hirya no hino ku isi buzuraga mu...
25 December 2023 Yasuwe: 3082 0